Legislation

Decision Information

Decision Content

AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI

Yemejwe burundu n’itegeko no 8/75 ryo kuwa 6 gashyantare 1975 Yemejwe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye mu mwanzuro wayo wa 2200 A (XXI) wo ku itariki ya 16 Ukuboza 1966.

Yatangiye gukurikizwa: tariki ya 23 Werurwe 1976, nk’uko biteganywa mu ngingo ya 49

Ibihugu byemeje aya Masezerano; Bimaze kubona ko nk’uko biteganywa mu mahame y’Amasezerano ashinga Umuryango w’Abibumbye, iyubahirizwa ry’agaciro ka kamere muntu abantu bose iyo bava bakagera basangiye, n’iry’uburenganzira bwabo bungana kandi budasubizwa inyuma ari ryo shingiro ry’ukwishyira ukizana, ubutabera n’amahoro ku isi yose; Bimaze kwiyumvisha ko ubwo burenganzira bushingiye ku cyubabiro ikiremwamuntu kigomba guhabwa; Bimaze kwiyumvisha ko, nk’uko bigaragazwa mu Itangazo Mpuzamahanga ryerekeye Uburenganzira bwa Muntu, intego y’uko umuntu wese wigenga abaho afite uburenganzira bwo kwishyira akizana byemerewe umuturage mu byerekeye imbonezamubano na politiki, yarigobotoye ingoyi y’ubwoba n’ubutindahare, izagerwaho ari uko habonetse ibya ngombwa biha buri muntu gukoresha uburenganzira

INTERNATIONAL COVENANT CIVIL AND POLITICAL RIGHTS

ON

Ratified by Law No 8/75 of 6th Feb.1975 Adopted and open to signature, to ratification and accession by General l’Assemblee resolution 2200 A (XXI) of 16 Decembre 1966

Enty in force: 23 Marc 1976, in reference to the provisions of Article 49

The States parties to the present covenant, CONSIDERING that, in accordance with the principles proclaimed in the Charter of the United Nations, recognition of the inherent dignity and of the equal and inalienable rights of all members of the human family is the foundation of freedom, justice and peace in the world,

RECOGNIZING that these rights derive from the inherent dignity of the human person,

RECOGNIZING that, in accordance with the Universal Declaration of Human Rights, the ideal of free human beings enjoying civil and political freedom and freedom from fear and want can only be achieved if conditions are created whereby everyone may enjoy his civil and political rights, as well as his economic, social and cultural rights,

PACTE INTERNATIONAL RELATIF AUX DROITS CIVILS ET POLITIQUES

Ratifiée Par la Loi No 8/75 du 6 Février 1975 Adopté et ouvert à la signature, à la ratification et à l’adhésion par l’Assemblée générale dans sa résolution 2200 A (XXI) du 16 décembre 1966 Entrée en vigueur: le 23 mars 1976, conformément aux dispositions de l’article 49

Les Etats parties au présent Pacte, Considérant que, conformément aux principes énoncés dans la Charte des Nations Unies, la reconnaissance de la dignité inhérente à tous les membres de la famille humaine et de leurs droits égaux et inaliénables constitue le fondement de la liberté, de la justice et de la paix dans le monde,

Reconnaissant que ces droits découlent de la dignité inhérente à la personne humaine,

Reconnaissant que, conformément à la Déclaration universelle des droits de l’homme, l’idéal de l’être humain libre, jouissant des libertés civiles et politiques et libéré de la crainte et de la misère, ne peut être réalisé que si des conditions permettant à chacun de jouir de ses droits civils et politiques, aussi bien que de ses droits économiques, sociaux et culturels, sont créées,

29

bwe mbonezamubano n’ubwa politiki kimwe n’uburenganzira bwe mu byerekeye ubukungu, imibereho myiza n’umuco;

Bimaze kubona ko amahame y’Umuryango w’Abibumbye ategeka ibihugu guharanira ko uburenganzira n’ukwishyira ukizana by’ikiremwamuntu byubahirizwa ku baturage bose kandi ku buryo bugaragara; Bimaze kuzirikana ko buri muntu afite ibyo agomba kumarira mugenzi we n’abandi baturage kandi akaba agomba kwihatira guharanira kubahiriza uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano ;

Byumvikanye ku ngingo zikurikira : IGICE CYA MBERE Ingingo ya mbere 1. Abaturage bose aho bava bakagera bafite uburenganzira bwo kwigenera imibereho. Bishingiye kuri iryo hame, bafite uburenganzira bwo kwishyiriraho mu bwigenge imitegekere igihugu kigenderaho no kwiteza imbere mu bukungu, mu mibereho myiza no mu muco. 2. Kugira ngo bagere ku ntego bagamije, abaturage bose bashobora gukoresha mu bwisanzure ubukungu bwabo n’umutungo kamere wabo bitabangamiye inshingano zikomoka mu butwererane mpuzamahanga mu by’ubukungu; bushingiye ku ihame ry’inyungu z’impande zombi, no ku mategeko mpuzamahanga. Nta na rimwe abaturage bashobora kuvutswa ibibabeshejeho byabo bwite.

CONSIDERING the obligation of States under the Charter of the United Nations to promote universal respect for, and observance of, human rights and freedoms,

REALIZING that the individual, having duties to other individuals and to the community to which he belongs, is under a responsibility to strive for the promotion and observance of the rights recognized in the present Covenant,

AGREE upon the following articles: PART I Article 1 1. All peoples have the right of self- determination. By virtue of that right they freely determine their political status and freely pursue their economic, social and cultural development.

2. All peoples may, for their own ends, freely dispose of their natural wealth and resources without prejudice to any obligations arising out of international economic co-operation, based upon the principle of mutual benefit, and international law. In no case may a people be deprived of its own means of subsistence.

Considérant que la Charte des Nations Unies impose aux Etats l’obligation de promouvoir le respect universel et effectif des droits et des libertés de l’homme,

Prenant en considération le fait que l’individu a des devoirs envers autrui et envers la collectivité à laquelle il appartient et est tenu de s’efforcer de promouvoir et de respecter les droits reconnus dans le présent Pacte,

Sont convenus des articles suivants: Première partie Article premier 1. Tous les peuples ont le droit de disposer d’eux-mêmes. En vertu de ce droit, ils déterminent librement leur statut politique et assurent librement leur développement économique, social et culturel.

2. Pour atteindre leurs fins, tous les peuples peuvent disposer librement de leurs richesses et de leurs ressources naturelles, sans préjudice des obligations qui découlent de la coopération économique internationale, fondée sur le principe de l’intérêt mutuel, et du droit international. En aucun cas, un peuple ne pourra être privé de ses propres moyens de subsistance.

30

3. Ibihugu bihuriye kuri aya masezerano, birimo n’ibitegeka uturere tutaragira ubwigenge busesuye cyangwa tukiri indagizo, bigomba korohereza ishyirwa mu bikorwa ry’uburenganzira abaturage bafite bwo kugira ijambo mu bihugu byabo; bigomba kandi kubahiriza ubwo burenganzira nk’uko biteganywa mu Masezerano ashinga Umuryango w’Abibumbye.

IGICE CYA II Ingingo ya 2 1. Ibihugu byemeye aya Masezerano byiyemeje kubahiriza no kurinda uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano ku bantu bose bari ku butaka bwabyo kandi bari mu bubasha bwabyo, nta vangura iryo ari ryo ryose, nk’irishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku bitekerezo bya politiki cyangwa ibindi bitekerezo, ku gihugu cy’inkomoko cyangwa urwego rw’imibereho, ku mutungo, ku mavuko cyangwa ku mimerere yindi iyo ari yo yose. 2. Bitabangamiye amategeko nshinga yabyo kimwe n’ingingo zigize aya Masezerano, ibihugu bishyize umukono kuri aya Masezerano byiyemeje gushyiraho uburyo bwatuma hafatwa ibyemezo binyuze mu mategeko cyangwa mu zindi nzira, kugira ngo uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano bwaba butubahirizwa bushobore gutangira gushyirwa mu bikorwa.

3. Ibihugu bishyize umukono kuri aya Masezerano byiyemeje: (a) Kwishingira ko buri muntu wese uzaba

3. The States Parties to the present Covenant, including those having responsibility for the administration of Non-Self-Governing and Trust Territories, shall promote the realization of the right of self-determination, and shall respect that right, in conformity with the provisions of the Charter of the United Nations.

PART II Article 2 1. Each State Party to the present Covenant undertakes to respect and to ensure to all individuals within its territory and subject to its jurisdiction the rights recognized in the present Covenant, without distinction of any kind, such as race, colour, sex, language, religion, political or other opinion, national or social origin, property, birth or other status.

2. Where not already provided for by existing legislative or other measures, each State Party to the present Covenant undertakes to take the necessary steps, in accordance with its constitutional processes and with the provisions of the present Covenant, to adopt such legislative or other measures as may be necessary to give effect to the rights recognized in the present Covenant. 3. Each State Party to the present Covenant undertakes: (a) To ensure that any person whose rights or

3. Les Etats parties au présent Pacte, y co mpris ceux qui ont la responsabilité d’administrer des territoires non autonomes et des territoires sous tutelle, sont tenus de faciliter la réalisation du droit des peuples à disposer d’eux-mêmes, et de respecter ce droit, conformément aux dispositions de la Charte des Nations Unies.

Deuxième partie Article 2 1. Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à respecter et à garantir à tous les individus se trouvant sur leur territoire et relevant de leur compétence les droits reconnus dans le présent Pacte, sans distinction aucune, notamment de race, de couleur, de sexe, de langue, de religion, d’opinion politique ou de toute autre opinion, d’origine nationale ou sociale, de fortune, de naissance ou de toute autre situation.

2. Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à prendre, en accord avec leurs procédures constitutionnelles et avec les dispositions du présent Pacte, les arrangements devant permettre l’adoption de telles mesures d’ordre législatif ou autre, propres à donner effet aux droits reconnus dans le présent Pacte qui ne seraient pas déjà en vigueur.

3. Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à: a) Garantir que toute personne dont les droits et

31

yahutajwe mu burenganzira no mu kwishyira ukizana bye byemewe muri aya Masezerano azashobora kwitabaza urwego rufite ububasha bwo kumurenganura nubwo iryo hutaza ryaba rikozwe n’abantu mu gihe bakora umurimo bashinzwe n’ubutegetsi; (b) Kwishingira ko urwego rubishinzwe, rwaba urw’ubucamanza, urw’ubutegetsi cyangwa urushinga amategeko, cyangwa se urundi rwego rubigenewe hakurikijwe amategeko igihugu kigenderaho ruzagira ibyemezo rufata ku burenganzira bw’uwo muntu usaba kurenganurwa, ibyo bihugu kandi bikaba byiyemeje kongera uburyo bwo kwitabaza ubucamanza; (c) Kwishingira ko inzego zibishinzwe zizajya zishyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe.

Ingingo ya 3 Ibihugu byemeye aya Masezerano byiyemeje kubahiriza uburenganzira bungana bw’umugabo n’umugore mu gukoresha uburenganzira bwose mbonezamubano n’ubwa politiki buvugwa muri aya Masezerano.

Ingingo ya 4 1. Mu gihe hateye icyago rusange kidasanzwe gishobora guhungabanya imibereho y’igihugu kandi kigatangazwa n’ubutegetsi, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, bishobora gufata ibyemezo, bibigabanyiriza inshingano bihabwa n’aya Masezerano ku rugero rwa ngombwa hakurikijwe uko ibintu byifashe, bipfa gusa kutanyuranya n’amategeko mpuzamahanga kandi ibyo byemezo ntibikurure ivangura

freedoms as herein recognized are violated shall have an effective remedy, notwithstanding that the violation has been committed by persons acting in an official capacity;

(b) To ensure that any person claiming such a remedy shall have his right thereto determined by competent judicial, administrative or legislative authorities, or by any other competent authority provided for by the legal system of the State, and to develop the possibilities of judicial remedy;

(c) To ensure that the competent authorities shall enforce such remedies when granted.

Article 3 The States Parties to the present Covenant undertake to ensure the equal right of men and women to the enjoyment of all civil and political rights set forth in the present Covenant.

Article 4 1. In time of public emergency which threatens the life of the nation and the existence of which is officially proclaimed, the States Parties to the present Covenant may take measures derogating from their obligations under the present Covenant to the extent strictly required by the exigencies of the situation, provided that such measures are not inconsistent with their other obligations under international law

libertés reconnus dans le présent Pacte auront été violés disposera d’un recours utile, alors même que la violation aurait été commise par des personnes agissant dans l’exercice de leurs fonctions officielles;

b) Garantir que l’autorité compétente, judiciaire, administrative ou législative, ou toute autre autorité compétente selon la législation de l’Etat, statuera sur les droits de la personne qui forme le recours et développer les possibilités de recours juridictionnel;

c) Garantir la bonne suite donnée par les autorités compétentes à tout recours qui aura été reconnu justifié.

Article 3 Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à assurer le droit égal des hommes et des femmes de jouir de tous les droits civils et politiques énoncés dans le présent Pacte.

Article 4 1. Dans le cas un danger public exceptionnel menace l’existence de la nation et est proclamé par un acte officiel, les Etats parties au présent Pacte peuvent prendre, dans la stricte mesure la situation l’exige, des mesures dérogeant aux obligations prévues dans le présent Pacte, sous réserve que ces mesures ne soient pas incompatibles avec les autres obligations que leur impose le droit international et qu’elles

32

rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini cyangwa ku nkomoko. 2. Igika kibanziriza iki nticyemera ko hafatwa ibyemezo binyuranya n’ingingo za 6, 7, 8 (igika cya mbere n’icya kabiri), 11, 15, 16 na 18.

3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikoresheje uburenganzira bwo kwigabanyiriza inshingano bihabwa n’aya Masezerano bigomba guhita bimenyesha ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano ingingo byiyemeje kudakurikiza n’impamvu byabikoze, bibinyujije ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumye. Irindi menyesha ryerekeye gukuraho izo ngingo zinyuranyije n’aya Masezerano rizakorwa binyuze mu nzira zimwe n’izamaze kuvugwa.

Ingingo ya 5 1. Nta ngingo n’imwe muri aya Masezerano ishobora gufatwa nk’aho iha uburenganzira Leta, imitwe ihurirwamo n’abantu cyangwa umuntu ku giti cye bwo kugira icyo bakora kigamije kuvanaho uburenganzira n’ukwishyira ukizana byemewe muri aya Masezerano cyangwa se kubugabanya ku buryo burenze ubuteganijwe muri aya Masezerano.

2. Ntawemerewe kugabanya cyangwa kunyuranya n’uburenganzira bw’ibanze bwa muntu bwemewe cyangwa bwubahirizwa muri buri gihugu cyemeye aya Masezerano ashingiye ku mategeko, ku Masezerano Mpuzamahanga, ku mabwiriza cyangwa ku muco, yitwaje ko aya Masezerano ntacyo abuvugaho cyangwa ko

and do not involve discrimination solely on the ground of race, colour, sex, language, religion or social origin. 2. No derogation from articles 6, 7, 8 (paragraphs 1 and 2), 11, 15, 16 and 18 may be made under this provision.

3. Any State Party to the present Covenant availing itself of the right of derogation shall immediately inform the other States Parties to the present Covenant, through the intermediary of the Secretary-General of the United Nations, of the provisions from which it has derogated and of the reasons by which it was actuated. A further communication shall be made, through the same intermediary, on the date on which it terminates such derogation.

Article 5 1. Nothing in the present Covenant may be interpreted as implying for any State, group or person any right to engage in any activity or perform any act aimed at the destruction of any of the rights and freedoms recognized herein or at their limitation to a greater extent than is provided for in the present Covenant.

2. There shall be no restriction upon or derogation from any of the fundamental human rights recognized or existing in any State Party to the present Covenant pursuant to law, conventions, regulations or custom on the pretext that the present Covenant does not recognize such rights or that it recognizes them

n’entraînent pas une discrimination fondée uniquement sur la race, la couleur, le sexe, la langue, la religion ou l’origine sociale. 2. La disposition précédente n’autorise aucune dérogation aux articles 6, 7, 8 (par. 1 et 2), 11, 15, 16 et 18.

3. Les Etats parties au présent Pacte qui usent du droit de dérogation doivent, par l’entremise du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies, signaler aussitôt aux autres Etats parties les dispositions auxquelles ils ont dérogé ainsi que les motifs qui ont provoqué cette dérogation. Une nouvelle communication sera faite par la même entremise, à la date à laquelle ils ont mis fin à ces dérogations.

Article 5 1. Aucune disposition du présent Pacte ne peut être interprétée comme impliquant pour un Etat, un groupement ou un individu un droit quelconque de se livrer à une activité ou d’accomplir un acte visant à la destruction des droits et des libertés reconnus dans le présent Pacte ou à des limitations plus amples que celles prévues audit Pacte.

2. Il ne peut être admis aucune restriction ou dérogation aux droits fondamentaux de l’homme reconnus ou en vigueur dans tout Etat partie au présent Pacte en application de lois, de conventions, de règlements ou de coutumes, sous prétexte que le présent Pacte ne les reconnaît pas ou les reconnaît à un moindre

33

abwemera ku buryo buhinnye. IGICE CYA GATATU Ingingo ya 6 1. Uburenganzira bwo kubaho bujyana na kamere muntu. Ubwo burenganzira bugomba kurengerwa n’amategeko. Nta muntu n’umwe ushobora kuvutswa ubuzima ku buryo budakurikije amategeko.

2. Mu bihugu bitarakuraho igihano cyo kwicwa, abakatirwa icyo gihano bagomba kuba abantu bakoze ibyaha bikomeye cyane, hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko ariho mu gihe ibyo byaha bikozwe kandi gukatira umuntu icyo gihano ntibigomba kunyuranya n’ingingo zigize aya Masezerano, cyangwa se ngo binyuranye n’Amasezerano mpuzamahanga yerekeye Gukumira no Guhana Icyaha cya Jenoside. Icyo gihano gishyirwa mu bikorwa ari uko gusa urubanza rwaciwe burundu n’urukiko rubifitiye ububasha.

3. Iyo kuvutsa umuntu ubuzima bwe bikozwe mu bwicanyi bwa Jenoside, birumvikana ko nta gika na kimwe mu biteganyijwe muri iyi ngingo giha uburenganzira igihugu cyemeye aya Masezerano bwo kunyuranya mu buryo ubwo ari ubwo bwose n’inshingano zigomba gukurikizwa mu kubahiriza Amasezerano mpuzamahanga yerekeye Gukumira no Guhana Icyaha cya Jenoside.

4. Ukatiwe igihano cyo kwicwa wese afite uburenganzira bwo gusaba imbabazi Umukuru

to a lesser extent. PART III Article 6 1. Every human being has the inherent right to life. This right shall be protected by law. No one shall be arbitrarily deprived of his life.

2. In countries which have not abolished the death penalty, sentence of death may be imposed only for the most serious crimes in accordance with the law in force at the time of the commission of the crime and not contrary to the provisions of the present Covenant and to the Convention on the Prevention and Punishment of the Crime of Genocide. This penalty can only be carried out pursuant to a final judgement rendered by a competent court.

3. When deprivation of life constitutes the crime of genocide, it is understood that nothing in this article shall authorize any State Party to the present Covenant to derogate in any way from any obligation assumed under the provisions of the Convention on the Prevention and Punishment of the Crime of Genocide.

4. Anyone sentenced to death shall have the right to seek pardon or commutation of the

degré. Troisième partie Article 6 1. Le droit à la vie est inhérent à la personne humaine. Ce droit doit être protégé par la loi. Nul ne peut être arbitrairement privé de la vie.

2. Dans les pays la peine de mort n’a pas été abolie, une sentence de mort ne peut être prononcée que pour les crimes les plus graves, conformément à la législation en vigueur au moment le crime a été commis et qui ne doit pas être en contradiction avec les dispositions du présent Pacte ni avec la Convention pour la prévention et la répression du crime de génocide. Cette peine ne peut être appliquée qu’en vertu d’un jugement définitif rendu par un tribunal compétent.

3. Lorsque la privation de la vie constitue le crime de génocide, il est entendu qu’aucune disposition du présent article n’autorise un Etat partie au présent Pacte à déroger d’aucune manière à une obligation quelconque assumée en vertu des dispositions de la Convention pour la prévention et la répression du crime de génocide.

4. Tout condamné à mort a le droit de solliciter la grâce ou la commutation de la peine. L’amnistie,

34

w’igihugu cyangwa kugabanyirizwa igihano. Imbabazi zitanzwe n’itegeko, izitanzwe n’Umukuru w’igihugu cyangwa igabanywa ry’igihano cyo kwicwa bishobora gutangwa igihe cyose. 5. Igihano cy’urupfu ntigishobora gukatirwa abakoze ibyaha batarageza ku myaka 18 kandi icyo gihano ntigishobora kurangizwa ku bagore batwite.

6. Nta kintu na kimwe kivugwa muri iyi ngingo gishobora kubera urwitwazo igihugu cyashyize umukono kuri aya Masezerano.

Ingingo ya 7 Nta muntu ugomba kwicwa urubozo, cyangwa ngo ahanishwe ibihano birimo ubugome bukabije, bidakwiye ikiremwamuntu, cyangwa bimutesha agaciro. Ku buryo bwihariye, nta muntu ugomba kugeragerezwaho ubushakashatsi mu rwego rw’ubuvuzi cyangwa rw’ubundi buhanga, nyir’ukubukorerwaho atabyiyemereye ubwe.

Ingingo ya 8 1. Nta muntu ugomba kugirwa umucakara; ubucakara n’icuruza ry’abacakara uko byaba bikorwa kose biraciwe.

2. Nta muntu ugomba kugirwa umuja. 3. (a) Nta muntu ugomba gukoreshwa ku gitugu imirimo ya kiboko cyangwa y’agahato.

(b) Agace ka (a) k’iki gika ntikagomba

sentence. Amnesty, pardon or commutation of the sentence of death may be granted in all cases.

5. Sentence of death shall not be imposed for crimes committed by persons below eighteen years of age and shall not be carried out on pregnant women.

6. Nothing in this article shall be invoked to delay or to prevent the abolition of capital punishment by any State Party to the present Covenant.

Article 7 No one shall be subjected to torture or to cruel, inhuman or degrading treatment or punishment. In particular, no one shall be subjected without his free consent to medical or scientific experimentation.

Article 8 1. No one shall be held in slavery; slavery and the slave-trade in all their forms shall be prohibited.

2. No one shall be held in servitude. 3. (a) No one shall be required to perform forced or compulsory labour;

(b) Paragraph 3(a) shall not be held to preclude,

la grâce ou la commutation de la peine de mort peuvent dans tous les cas être accordées.

5. Une sentence de mort ne peut être imposée pour des crimes commis par des personnes âgées de moins de 18 ans et ne peut être exécutée contre des femmes enceintes.

6. Aucune disposition du présent article ne peut être invoquée pour retarder ou empêcher l’abolition de la peine capitale par un Etat partie au présent Pacte.

Article 7 Nul ne sera soumis à la torture ni à des peines ou traitements cruels, inhumains ou dégradants. En particulier, il est interdit de soumettre une personne sans son libre consentement à une expérience médicale ou scientifique.

Article 8 1. Nul ne sera tenu en esclavage; l’esclavage et la traite des esclaves, sous toutes leurs formes, sont interdits.

2. Nul ne sera tenu en servitude. 3. a) Nul ne sera astreint à accomplir un travail forcé ou obligatoire;

b) L’alinéa a du présent paragraphe ne saurait

35

kumvikana nk’aho kabuza ko mu bihugu, aho ibyaha bimwe bikomeye bihanishwa igifungo kigeretseho imirimo ya kiboko, umuntu ahanishwa imirimo ya kiboko igenwe n’Urukiko rubifitiye ububasha.

(c) Hakurikijwe ibivugwa muri iki gika, imirimo ikurikira ntibarirwa mu rwego rw’imirimo ya kiboko cyangwa y’agahato : (i) umurimo wose utarebwa n’agace ka (b) ukoreshwa ku buryo busanzwe umuntu uri mu gifungo biturutse ku cyemezo cy’urukiko cyafashwe mu nzira zubahirije amategeko cyangwa se yararekuwe by’agateganyo biturutse ku cyemezo cy’ubucamanza;

(ii) umurimo wose wa gisirikari, cyangwa undi murimo wose ukorerwa igihugu mu bihugu byemera ko umuntu afite uburenganzira bwo kwanga kujya mu gisirikare;

(iii) Umurimo wose utegetswe kubera impamvu itunguranye ntarengwa cyangwa icyorezo cyugarije ubuzima cyangwa imibereho myiza y’abantu ;

(iv) Umurimo wose uri mu nshingano zisanzwe z’abaturage

Ingingoya 9 1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kwishyira akizana n’ubwo kugira umutekano ku giti cye. Nta muntu ugomba kuvutswa ukwishyira ukizana kwe nta mpamvu kandi bidakurikije inzira ziteganywa n’amategeko.

in countries where imprisonment with hard labour may be imposed as a punishment for a crime, the performance of hard labour in pursuance of a sentence to such punishment by a competent court;

(c) For the purpose of this paragraph the term “forced or compulsory labour” shall not include:

(i) Any work or service, not referred to in sub- paragraph (b), normally required of a person who is under detention in consequence of a lawful order of a court, or of a person during conditional release from such detention;

(ii) Any service of a military character and, in countries where conscientious objection is recognized, any national service required by law of conscientious objectors;

(iii) Any service exacted in cases of emergency or calamity threatening the life or well-being of the community;

(iv) Any work or service which forms part of normal civil obligations.

Article 9 1. Everyone has the right to liberty and security of person. No one shall be subjected to arbitrary arrest or detention. No one shall be deprived of his liberty except on such grounds and in accordance with such procedure as are established by law.

être interprété comme interdisant, dans les pays certains crimes peuvent être punis de détention accompagnée de travaux forcés, l’accomplissement d’une peine de travaux forcés, infligée par un tribunal compétent;

c) N’est pas considéré comme “travail forcé ou obligatoire” au sens du présent paragraphe:

i) Tout travail ou service, non visé à l’alinéa b, normalement requis d’un individu qui est détenu en vertu d’une décision de justice régulière ou qui, ayant fait l’objet d’une telle décision, est libéré conditionnellement;

ii) Tout service de caractère militaire et, dans les pays l’objection de conscience est admise, tout service national exigé des objecteurs de conscience en vertu de la loi;

iii) Tout service exigé dans les cas de force majeure ou de sinistres qui menacent la vie ou le bien-être de la communauté;

iv) Tout travail ou tout service formant partie des obligations civiques normales.

Article 9 1. Tout individu a droit à la liberté et à la sécurité de sa personne. Nul ne peut faire l’objet d’une arrestation ou d’une détention arbitraire. Nul ne peut être privé de sa liberté, si ce n’est pour des motifs et conformément à la procédure prévus par la loi.

36

2. Umuntu wese ufashwe agomba kumenyeshwa impamvu yabyo mu gihe cy’ifatwa rye, kandi akamenyeshwa bidatinze icyaha cyose aregwa.

3. Umuntu wese ufashwe cyangwa ufunzwe by’agateganyo akurikiranyweho icyaha gihanwa n’amategeko agomba mu gihe kigufi gushyikirizwa umucamanza cyangwa undi mutegetsi itegeko riha gukora umurimo w’ubucamanza kandi agomba gucirwa urubanza mu gihe kitarambiranye, bitaba ibyo akarekurwa. Gufungwa by’agateganyo abantu bategereje gucirwa imanza ntibigomba kuba ihame ; icyakora gufungurwa by’agateganyo bishobora gusabirwa ingwate zemeza ko uwarekuwe azitaba mu gihe cy’iburana no mu yindi mihango yose yerekeye iburanisha, ndetse bibaye ngombwa no mu irangiza ry’urubanza.

4. Umuntu wese uvukijwe ukwishyira ukizana kwe kubera gufatwa cyangwa gufungwa afite uburenganzira bwo ku regera urukiko kugira ngo rwemeze bidatinze niba ifungwa rye rikurikije amategeko, yaba afunzwe ku buryo bunyuranyije n’amategeko, rugategeka ko arekurwa. 5. Umuntu wese wahohotewe agafatwa cyangwa agafungwa ku buryo budakurikije amategeko afite uburenganzira bwo kubisabira indishyi.

Ingingo ya 10 1. Umuntu wese uvukijwe ukwishyira ukizana kwe agomba gufatwa kimuntu kandi agahabwa icyubahiro gikwiye ikiremwamuntu.

2. Anyone who is arrested shall be informed, at the time of arrest, of the reasons for his arrest and shall be promptly informed of any charges against him.

3. Anyone arrested or detained on a criminal charge shall be brought promptly before a judge or other officer authorized by law to exercise judicial power and shall be entitled to trial within a reasonable time or to release. It shall not be the general rule that persons awaiting trial shall be detained in custody, but release may be subject to guarantees to appear for trial, at any other stage of the judicial proceedings, and, should occasion arise, for execution of the judgement.

4. Anyone who is deprived of his liberty by arrest or detention shall be entitled to take proceedings before a court, in order that that court may decide without delay on the lawfulness of his detention and order his release if the detention is not lawful.

5. Anyone who has been the victim of unlawful arrest or detention shall have an enforceable right to compensation.

Article 10 1. All persons deprived of their liberty shall be treated with humanity and with respect for the inherent dignity of the human person.

2. Tout individu arrêté sera informé, au moment de son arrestation, des raisons de cette arrestation et recevra notification, dans le plus court délai, de toute accusation portée contre lui.

3. Tout individu arrêté ou détenu du chef d’une infraction pénale sera traduit dans le plus court délai devant un juge ou une autre autorité habilitée par la loi à exercer des fonctions judiciaires, et devra être jugé dans un délai raisonnable ou libéré. La détention de personnes qui attendent de passer en jugement ne doit pas être de règle, mais la mise en liberté peut être subordonnée à des garanties assurant la comparution de l’intéressé à l’audience, à tous les autres actes de la procédure et, le cas échéant, pour l’exécution du jugement.

4. Quiconque se trouve privé de sa liberté par arrestation ou détention a le droit d’introduire un recours devant un tribunal afin que celui-ci statue sans délai sur la légalité de sa détention et ordonne sa libération si la détention est illégale.

5. Tout individu victime d’arrestation ou de détention illégale a droit à réparation.

Article 10 1. Toute personne privée de sa liberté est traitée avec humanité et avec le respect de la dignité inhérente à la personne humaine.

37

2. (a) Abashinjwa, uretse mu bihe bidasanzwe, batandukanywa n’abakatiwe kandi bakagengwa n’amategeko yihariye ahuje n’uko batakatiwe.

(b) Abana bashinjwa ibyaha bagomba gutandukanywa n’abantu bakuru kandi urubanza rwabo rugafatirwa umwanzuro ku buryo bwihuse. 3. Amategeko agenga gereza ateganya uburyo abanyururu bagomba gufatwa bugamije cyane cyane kubafasha kwihana no kwitegura gusubira mu bandi. Abana bafunze bagomba gutandukanywa n’abantu bakuru kandi bakagengwa n’amabwiriza ahuje n’imyaka yabo n’amategeko abagenga.

Ingingo ya 11 Nta wushobora gufungwa azizwa gusa ko yananiwe kubahiriza ibyo yiyemeje mu masezerano.

Ingingo ya 12 1. Umuntu wese uri mu gihugu ku buryo bwemewe n’amategeko afite uburenganzira bwo kukigendamo ntankomyi no kwihitiramo aho aba muri icyo gihugu.

2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu icyo ari cyo cyose, kabone n’iyo cyaba ari icye. 3. Uburenganzira bumaze kuvugwa ntibushobora kuzitirwa, keretse iyo biteganyijwe n’amategeko kandi bigamije gusa kurinda ubusugire bw’igihugu n’umutekano w’abaturage, kurinda ubuzima cyangwa umuco

2. (a) Accused persons shall, save in exceptional circumstances, be segregated from convicted persons and shall be subject to separate treatment appropriate to their status as unconvicted persons; (b) Accused juvenile persons shall be separated from adults and brought as speedily as possible for adjudication.

3. The penitentiary system shall comprise treatment of prisoners the essential aim of which shall be their reformation and social rehabilitation. Juvenile offenders shall be segregated from adults and be accorded treatment appropriate to their age and legal status.

Article 11 No one shall be imprisoned merely on the ground of inability to fulfil a contractual obligation.

Article 12 1. Everyone lawfully within the territory of a State shall, within that territory, have the right to liberty of movement and freedom to choose his residence.

2. Everyone shall be free to leave any country, including his own.

3. The above-mentioned rights shall not be subject to any restrictions except those which are provided by law, are necessary to protect national security, public order (ordre public), public health or morals or the rights and

2. a) Les prévenus sont, sauf dans des circonstances exceptionnelles, séparés des condamnés et sont soumis à un régime distinct, approprié à leur condition de personnes non condamnées; b) Les jeunes prévenus sont séparés des adultes et il est décidé de leur cas aussi rapidement que possible.

3. Le régime pénitentiaire comporte un traitement des condamnés dont le but essentiel est leur amendement et leur reclassement social. Les jeunes délinquants sont séparés des adultes et soumis à un régime approprié à leur âge et à leur statut légal.

Article 11 Nul ne peut être emprisonné pour la seule raison qu’il n’est pas en mesure d’exécuter une obligation contractuelle.

Article 12 1. Quiconque se trouve légalement sur le territoire d’un Etat a le droit d’y circuler librement et d’y choisir librement sa résidence.

2. Toute personne est libre de quitter n’importe quel pays, y compris le sien.

3. Les droits mentionnés ci-dessus ne peuvent être l’objet de restrictions que si celles-ci sont prévues par la loi, nécessaires pour protéger la sécurité nationale, l’ordre public, la santé ou la moralité publiques, ou les droits et libertés

38

mwiza, cyangwa se uburenganzira n’ukwishyira ukizana by’abandi, kandi izo nzitizi zikaba zitabangamiye ubundi burenganzira bwemewe muri aya Masezerano.

4. Nta muntu ushobora kuvutswa ku buryo bunyuranyije n’amategeko uburenganzira bwe bwo kwinjira mu gihugu cye.

Ingingo ya 13 Umunyamahanga uri mu gihugu cyemeye aya Masezerano ku buryo buhuje n’amategeko; ntashobora kwirukanwa bidashingiye ku mpamvu zo kurangiza icyemezo cyafashwe hakurikijwe amategeko; kandi, uretse igihe habonetse impamvu zikomeye z’umutekano w’igihugu zimuzitira, agomba kugira uburyo bwo gutanga impamvu zivuguruza ukwirukanwa kwe no gusaba ko ikibazo cye gisuzumwa n’umutegetsi ubifitiye ububasha cyangwa kigasuzumwa n’umuntu umwe cyangwa benshi bahawe ububasha bwihariye n’uwo mutegetsi, kandi akagira abamuhagararira mu gihe ikibazo cye gisuzumwa.

Ingingo ya 14 1. Abantu bose barareshya imbere y’inkiko ntoya n’inkuru. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuburanishwa mu buryo buboneye kandi mu ruhame mu rukiko rwashyizweho n’amategeko rubifitiye ububasha, rwigenga kandi rutabogamye, urukiko rukaba ari rwo rwerekana niba icyaha gitegenywa n’amategeko ahana aregwa kimuhama koko, cyangwa se rukagaragaza niba impaka zerekeye uburenganzira bwe n’inshingano ze mu

freedoms of others, and are consistent with the other rights recognized in the present Covenant.

4. No one shall be arbitrarily deprived of the right to enter his own country.

Article 13 An alien lawfully in the territory of a State Party to the present Covenant may be expelled therefrom only in pursuance of a decision reached in accordance with law and shall, except where compelling reasons of national security otherwise require, be allowed to submit the reasons against his expulsion and to have his case reviewed by, and be represented for the purpose before, the competent authority or a person or persons especially designated by the competent authority.

Article 14 1. All persons shall be equal before the courts and tribunals. In the determination of any criminal charge against him, or of his rights and obligations in a suit at law, everyone shall be entitled to a fair and public hearing by a competent, independent and impartial tribunal established by law. The Press and the public may be excluded from all or part of a trial for reasons of morals, public order (ordre public) or national security in a democratic society,

d’autrui, et compatibles avec les autres droits reconnus par le présent Pacte.

4. Nul ne peut être arbitrairement privé du droit d’entrer dans son propre pays.

Article 13 Un étranger qui se trouve légalement sur le territoire d’un Etat partie au présent Pacte ne peut en être expulsé qu’en exécution d’une décision prise conformément à la loi et, à moins que des raisons impérieuses de sécurité nationale ne s’y opposent, il doit avoir la possibilité de faire valoir les raisons qui militent contre son expulsion et de faire examiner son cas par l’autorité compétente, ou par une ou plusieurs personnes spécialement désignées par ladite autorité, en se faisant représenter à cette fin.

Article 14 1. Tous sont égaux devant les tribunaux et les cours de justice. Toute personne a droit à ce que sa cause soit entendue équitablement et publiquement par un tribunal compétent, indépendant et impartial, établi par la loi, qui décidera soit du bien-fondé de toute accusation en matière pénale dirigée contre elle, soit des contestations sur ses droits et obligations de caractère civil. Le huis clos peut être prononcé pendant la totalité ou une partie du procès soit

39

by’imbonezamubano zifite ishingiro. Urukiko rushobora gufata icyemezo cyo kuburanishiriza mu muhezo urubanza rwose cyangwa igice kimwe cyarwo bitewe no kurengera umuco mbonezabupfura, umudendezo wa rubanda cyangwa umutekano w’igihugu kigendera ku matwara ya demokarasi cyangwa se bitewe no kurengera ubuzima bwite bw’ababuranyi cyangwa se nanone bitewe n’uko urukiko rusanze ari ngombwa koko, rushingiye ku mpamvu zihariye z’urubanza zituma kuburanishiriza mu ruhame byabangamira ubutabera. Nyamara ariko urubanza rwose rw’inshinjabyaha cyangwa rw’imbonezamubano rucibwa mu ruhame, keretse igihe byakorwa ukundi bitewe no kurengera inyungu z’abana cyangwa se haburana abashyingiranywe cyangwa se urubanza rwerekeranye n’ubwishingire bw’abana. 2. Umuntu wese uregwa icyaha giteganywa n’amategeko ahana afatwa nk’umwere kugeza igihe bigaragariye ko icyaha aregwa kimuhama.

3. Umuntu wese uregwa icyaha giteganywa n’amategeko ahana yemerewe ku buryo bureshya n’ubw’abandi nibura ibi bikurikira:

(a) Kumenyeshwa vuba kandi ku buryo burambuye, mu rurimi yumva imiterere y’icyaha ashinjwa n’impamvu akiregwa;

(b) Guhabwa igihe n’ibyangombwa akeneye kugira ngo ategure imyiregurire ye kandi ashobore kuvugana n’uwo yahisemo kumuburanira;

or when the interest of the private lives of the parties so requires, or to the extent strictly necessary in the opinion of the court in special circumstances where publicity would prejudice the interests of justice; but any judgement rendered in a criminal case or in a suit at law shall be made public except where the interest of juvenile persons otherwise requires or the proceedings concern matrimonial disputes or the guardianship of children.

2. Everyone charged with a criminal offence shall have the right to be presumed innocent until proved guilty according to law.

3. In the determination of any criminal charge against him, everyone shall be entitled to the following minimum guarantees, in full equality:

(a) To be informed promptly and in detail in a language which he understands of the nature and cause of the charge against him;

(b) To have adequate time and facilities for the preparation of his defence and to communicate with counsel of his own choosing;

dans l’intérêt des bonnes moeurs, de l’ordre public ou de la sécurité nationale dans une société démocratique, soit lorsque l’intérêt de la vie privée des parties en cause l’exige, soit encore dans la mesure le tribunal l’estimera absolument nécessaire lorsqu’en raison des circonstances particulières de l’affaire la publicité nuirait aux intérêts de la justice; cependant, tout jugement rendu en matière pénale ou civile sera public, sauf si l’intérêt de mineurs exige qu’il en soit autrement ou si le procès porte sur des différends matrimoniaux ou sur la tutelle des enfants.

2. Toute personne accusée d’une infraction pénale est présumée innocente jusqu’à ce que sa culpabilité ait été légalement établie.

3. Toute personne accusée d’une infraction pénale a droit, en pleine égalité, au moins aux garanties suivantes:

a) A être informée, dans le plus court délai, dans une langue qu’elle comprend et de façon détaillée, de la nature et des motifs de l’accusation portée contre elle;

b) A disposer du temps et des facilités nécessaires à la préparation de sa défense et à communiquer avec le conseil de son choix;

40

(c) Kuburanishwa bidatinze bikabije; (d) Kwitaba ubwe mu rubanza no kwiburanira cyangwa kunganirwa n’umuburanira yihitiyemo; niba adafite umuburanira akamenyeshwa uburenganzira bwe bwo kumugira, kandi ku bwo kurengera inyungu z’ubutabera, igihe cyose bibaye ngombwa akaba yahabwa umuburanira nta mpaka, nta mafaranga aciwe, mu gihe adafite uburyo bwo kumuhemba; (e) Kwibariza ubwe abatangabuhamya bamushinja cyangwa agasaba ko babazwa, kandi akemererwa ko abatangabuhamya bamushinjura na bo batumizwa bakabazwa mu buryo bumwe n’abatangabuhamya bamushinja;

(f) Guhabwa ku buntu umusemuzi niba atumva cyangwa atavuga ururimi rukoreshwa mu iburanishwa;

(g) Kudahatirwa kwishinja icyaha cyangwa kwemera ibyo ashinjwa.

4. Imiburanishirize y’abana batarageza ku bukure buteganywa n’amategeko ahana izibanda ku myaka yabo no ku burere ngororamuco bakeneye.

5. Umuntu wese wahamijwe icyaha n’urukiko afite uburenganzira bwo kujuririra urukiko rwisumbuye kugira ngo rusuzume niba icyaha kimuhama kandi runasuzume ibyerekeye igihano yakatiwe, nk’uko amategeko abiteganya.

(c) To be tried without undue delay; (d) To be tried in his presence, and to defend himself in person or through legal assistance of his own choosing; to be informed, if he does not have legal assistance, of this right; and to have legal assistance assigned to him, in any case where the interests of justice so require, and without payment by him in any such case if he does not have sufficient means to pay for it;

(e) To examine, or have examined, the witnesses against him and to obtain the attendance and examination of witnesses on his behalf under the same conditions as witnesses against him;

(f) To have the free assistance of an interpreter if he cannot understand or speak the language used in court;

(g) Not to be compelled to testify against himself or to confess guilt.

4. In the case of juvenile persons, the procedure shall be such as will take account of their age and the desirability of promoting their rehabilitation.

5. Everyone convicted of a crime shall have the right to his conviction and sentence being reviewed by a higher tribunal according to law.

c) A être jugée sans retard excessif; d) A être présente au procès et à se défendre elle­même ou à avoir l’assistance d’un défenseur de son choix; si elle n’a pas de défenseur, à être informée de son droit d’en avoir un, et, chaque fois que l’intérêt de la justice l’exige, à se voir attribuer d’office un défenseur, sans frais, si elle n’a pas les moyens de le rémunérer;

e) A interroger ou faire interroger les témoins à charge et à obtenir la comparution et l’interrogatoire des témoins à décharge dans les mêmes conditions que les témoins à charge;

f) A se faire assister gratuitement d’un interprète si elle ne comprend pas ou ne parle pas la langue employée à l’audience;

g) A ne pas être forcée de témoigner contre elle­même ou de s’avouer coupable.

4. La procédure applicable aux jeunes gens qui ne sont pas encore majeurs au regard de la loi pénale tiendra compte de leur âge et de l’intérêt que présente leur rééducation.

5. Toute personne déclarée coupable d’une infraction a le droit de faire examiner par une juridiction supérieure la déclaration de culpabilité et la condamnation, conformément à la loi.

41

6. Igihe igihano cyemejwe burundu burundu n’urukiko kivanyweho cyangwa uwakatiwe ahawe imbabazi n’Umukuru w’igihugu bitewe n’uko habonetse ibimenyetso bishya bigaragaza ko urukiko rwamurenganije, umuntu wakatiwe igihano muri urwo rubanza ahabwa indishyi, nk’uko amategeko abiteganya, keretse bigaragaye ko guhisha ukuri igihe kwari gukenewe ari we byaturutseho cyangwa yarabigizemo uruhare.

7. Nta muntu ushobora gukurikiranwa cyangwa guhanirwa icyaha yahanaguweho cyangwa icyaha yakatiweho burundu mu rubanza rudasubirwamo hakurikijwe amategeko n’imiburanishirize y’imanza zishinja ibyaha bya buri gihugu.

Ingingo ya 15 1. Nta muntu uzahanirwa ko yakoze ikibujijwe cyangwa ko yanze gukora igitegetswe niba mu gihe ibyo akurikiranwaho byabaga, amategeko y’igihugu cye cyangwa amategeko mpuzamahanga atarabyitaga ibyaha. Nta n’ushobora gukatirwa igihano gisumbye icyari giteganijwe mu gihe yakoraga icyaha. Mu gihe nyuma y’uko icyaha gikorwa hashyizweho amategeko ateganya igihano cyoroheje kurushaho, uwakoze icyo cyaha agomba guhanwa hakurikijwe ayo mategeko mashya.

2. Nta kintu na kimwe muri iyi ngingo kibuza ko umuntu wakoze ikibujijwe cyangwa wanze gukora igitegetswe yacirwa urubanza agakatirwa ibihano ku bikorwa, mu gihe byakorwaga,

6. When a person has by a final decision been convicted of a criminal offence and when subsequently his conviction has been reversed or he has been pardoned on the ground that a new or newly discovered fact shows conclusively that there has been a miscarriage of justice, the person who has suffered punishment as a result of such conviction shall be compensated according to law, unless it is proved that the non-disclosure of the unknown fact in time is wholly or partly attributable to him.

7. No one shall be liable to be tried or punished again for an offence for which he has already been finally convicted or acquitted in accordance with the law and penal procedure of each country.

Article 15 1. No one shall be held guilty of any criminal offence on account of any act or omission which did not constitute a criminal offence, under national or international law, at the time when it was committed. Nor shall a heavier penalty be imposed than the one that was applicable at the time when the criminal offence was committed. If, subsequent to the commission of the offence, provision is made by law for the imposition of a lighter penalty, the offender shall benefit thereby.

2. Nothing in this article shall prejudice the trial and punishment of any person for any act or omission which, at the time when it was committed, was criminal according to the

6. Lorsqu’une condamnation pénale définitive est ultérieurement annulée ou lorsque la grâce est accordée parce qu’un fait nouveau ou nouvellement révélé prouve qu’il s’est produit une erreur judiciaire, la personne qui a subi une peine en raison de cette condamnation sera indemnisée, conformément à la loi, à moins qu’il ne soit prouvé que la non-révélation en temps utile du fait inconnu lui est imputable en tout ou partie.

7. Nul ne peut être poursuivi ou puni en raison d’une infraction pour laquelle il a déjà été acquitté ou condamné par un jugement définitif conformément à la loi et à la procédure pénale de chaque pays.

Article 15 1. Nul ne sera condamné pour des actions ou omissions qui ne constituaient pas un acte délictueux d’après le droit national ou international au moment elles ont été commises. De même, il ne sera infligé aucune peine plus forte que celle qui était applicable au moment l’infraction a été commise. Si, postérieurement à cette infraction, la loi prévoit l’application d’une peine plus légère, le délinquant doit en bénéficier.

2. Rien dans le présent article ne s’oppose au jugement ou à la condamnation de tout individu en raison d’actes ou omissions qui, au moment ils ont été commis, étaient tenus pour

42

byafatwaga nk’ibyaha hakurikijwe amahame rusange n’amategeko yemewe mu bihugu byose.

Ingingo ya 16 Ubuzima gatozi bw’umuntu aho yaba ari hose bugomba kwemerwa.

Ingingo ya 17 1. Ubuzima bwite bw’umuntu, ubw’umuryango we, urugo rwe n’ubutumwa yohererezanya n’abandi ntibivogerwa keretse mu bihe no mu buryo biteganywa n’amategeko; icyubahiro n’agaciro ke mu maso y’abandi na byo ntibigomba kuvogerwa mu buryo budahuje n’amategeko. 2. Itegeko ririnda umuntu ibyo bikorwa byose byo kuvogerwa no kwandagazwa.

Ingingo ya 18 1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kwishyira akizana mu bitekerezo, mu mutimanama no mu byerekeye idini; ubwo burenganzira bukubiyemo umudendezo wo kugira cyangwa kuyoboka idini cyangwa imyemerere yihitiyemo kandi akagira uburenganzira bwo kubigaragaza ari wenyine cyangwa ari kumwe n’abandi haba mu ruhame cyangwa ahiherereye, binyuze mu guterana, imihango, imigenzo no mu nyigisho. 2. Nta wugomba gushyirwaho agahato gashobora kubangamira uburenganzira bwe bwo kugira cyangwa kuyoboka idini cyangwa imyemerere yihitiyemo.

general principles of law recognized by the community of nations.

Article 16 Everyone shall have the right to recognition everywhere as a person before the law.

Article 17 1. No one shall be subjected to arbitrary or unlawful interference with his privacy, family, home or correspondence, nor to unlawful attacks on his honour and reputation.

2. Everyone has the right to the protection of the law against such interference or attacks.

Article 18 1. Everyone shall have the right to freedom of thought, conscience and religion. This right shall include freedom to have or to adopt a religion or belief of his choice, and freedom, either individually or in community with others and in public or private to manifest his religion or belief in worship, observance, practice and teaching.

2. No one shall be subject to coercion which would impair his freedom to have or to adopt a religion or belief of his choice.

criminels, d’après les principes généraux de droit reconnus par l’ensemble des nations.

Article 16 Chacun a droit à la reconnaissance en tous lieux de sa personnalité juridique.

Article 17 1. Nul ne sera l’objet d’immixtions arbitraires ou illégales dans sa vie privée, sa famille, son domicile ou sa correspondance, ni d’atteintes illégales à son honneur et à sa réputation.

2. Toute personne a droit à la protection de la loi contre de telles immixtions ou de telles atteintes.

Article 18 1. Toute personne a droit à la liberté de pensée, de conscience et de religion; ce droit implique la liberté d’avoir ou d’adopter une religion ou une conviction de son choix, ainsi que la liberté de manifester sa religion ou sa conviction, individuellement ou en commun, tant en public qu’en privé, par le culte et l’accomplissement des rites, les pratiques et l’enseignement.

2. Nul ne subira de contrainte pouvant porter atteinte à sa liberté d’avoir ou d’adopter une religion ou une conviction de son choix.

43

3. Nta kintu gishobora kugabanya ukwishyira ukizana umuntu afite ku bitekerezo n’ukwemera kwe uretse icyaba giteganywa n’amategeko kandi kigamije kurengera umutekano, ituze rusange n’ubuzima bya rubanda, umuco mbonezabupfura cyangwa se ubwisanzure n’uburenganzira shingiro by’abandi;

4. Ibihugu byemeye aya Masezerano byiyemeje kubahiriza uburenganzira buteganyirizwa ababyeyi, n’igihe bibaye ngombwa, abishingizi b’abana bemewe n’amategeko, bwo guha abana babo uburere mu by’iyobokamana n’umuco hakurikijwe ukwemera kw’abo babyeyi cyangwa kw’abishingiye abana.

Ingingo ya 19 1. Nta wushobora gukurikiranwa kubera ibitekerezo bye.

2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kugaragaza ibitekerezo bye, ubwo burenganzira bukubiyemo ubwigenge mu gushakashaka, guhabwa no gusakaza amakuru n’ibitekerezo by’amoko yose hatitawe ku mipaka y’ibihugu, hakoreshejwe imvugo, inyandiko zisanzwe, inyandiko zicapye cyangwa ubugeni cyangwa se ubundi buryo bwose yihitiyemo hatitaweho imipaka y’ibihugu.

3. Gushyira mu bikorwa uburenganzira buteganijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo bijyana n’ibyo umuntu asabwa ndetse n’inshingano bidasanzwe. Ni ukuvuga rero ko hari ibintu bishobora kumugabanyiriza ubwo bwisanzure ariko na byo bikagomba guteganywa

3. Freedom to manifest one’s religion or beliefs may be subject only to such limitations as are prescribed by law and are necessary to protect public safety, order, health, or morals or the fundamental rights and freedoms of others.

4. The States Parties to the present Covenant undertake to have respect for the liberty of parents and, when applicable, legal guardians to ensure the religious and moral education of their children in conformity with their own convictions.

Article 19 1. Everyone shall have the right to hold opinions without interference.

2. Everyone shall have the right to freedom of expression; this right shall include freedom to seek, receive and impart information and ideas of all kinds, regardless of frontiers, either orally, in writing or in print, in the form of art, or through any other media of his choice.

3. The exercise of the rights provided for in paragraph 2 of this article carries with it special duties and responsibilities. It may therefore be subject to certain restrictions, but these shall only be such as are provided by law and are necessary:

3. La liberté de manifester sa religion ou ses convictions ne peut faire l’objet que des seules restrictions prévues par la loi et qui sont nécessaires à la protection de la sécurité, de l’ordre et de la santé publique, ou de la morale ou des libertés et droits fondamentaux d’autrui.

4. Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à respecter la liberté des parents et, le cas échéant, des tuteurs légaux de faire assurer l’éducation religieuse et morale de leurs enfants conformément à leurs propres convictions.

Article 19 1. Nul ne peut être inquiété pour ses opinions.

2. Toute personne a droit à la liberté d’expression; ce droit comprend la liberté de rechercher, de recevoir et de répandre des informations et des idées de toute espèce, sans considération de frontières, sous une forme orale, écrite, imprimée ou artistique, ou par tout autre moyen de son choix.

3. L’exercice des libertés prévues au paragraphe 2 du présent article comporte des devoirs spéciaux et des responsabilités spéciales. Il peut en conséquence être soumis à certaines restrictions qui doivent toutefois être expressément fixées par la loi et qui sont

44

n’amategeko ku buryo bweruye kandi bikaba ari ngombwa:

(a) kugira ngo uburenganzira bw’abandi n’agaciro kabo byubahirizwe;

(b) kugira ngo hubahirizwe umutekano, umudendezo rusange, ubuzima bw’abaturage n’umuco ndangabupfura w’igihugu.

Ingingo ya 20 1. Inyandiko n’ibikorwa byo kwamamaza intambara bibujijwe n’amategeko.

2. Uburyo bwose bwo kubiba inzangano zishingiye ku bwenegihugu, ku bwoko cyangwa ku madini, bugamije gukangurira abantu ivangura, amakimbirane cyangwa urugomo bubujijwe n’amategeko.

Article 21 Uburenganzira bwo kurema inama mu ituze buremewe. Nta kindi gishobora kuzitira ubwo burenganzira uretse ibiteganywa n’amategeko kandi bya ngombwa mu gihugu kigendera ku matwara ya demokarasi, hagamijwe kurengera umutekano w’igihugu, kurinda abaturage icyabahungabanya, kubahiriza umudendezo rusange, kurengera ubuzima bw’abaturage n’umuco ndangabupfura mu bantu cyangwa kubahiriza uburenganzira n’ubwisanzure by’abandi.

Ingingo ya 22 1. Buri muntu afite uburenganzira bwo kwifatanya n’abandi nta nkomyi, ndetse no

(a) For respect of the rights or reputations of others;

(b) For the protection of national security or of public order (ordre public), or of public health or morals.

Article 20 1. Any propaganda for war shall be prohibited by law.

2. Any advocacy of national, racial or religious hatred that constitutes incitement to discrimination, hostility or violence shall be prohibited by law.

Article 21 The right of peaceful assembly shall be recognized. No restrictions may be placed on the exercise of this right other than those imposed in conformity with the law and which are necessary in a democratic society in the interests of national security or public safety, public order (ordre public), the protection of public health or morals or the protection of the rights and freedoms of others.

Article 22 1. Everyone shall have the right to freedom of association with others, including the right to

nécessaires:

a) Au respect des droits ou de la réputation d’autrui;

b) A la sauvegarde de la sécurité nationale, de l’ordre public, de la santé ou de la moralité publiques.

Article 20 1. Toute propagande en faveur de la guerre est interdite par la loi.

2. Tout appel à la haine nationale, raciale ou religieuse qui constitue une incitation à la discrimination, à l’hostilité ou à la violence est interdit par la loi.

Article 21 Le droit de réunion pacifique est reconnu. L’exercice de ce droit ne peut faire l’objet que des seules restrictions imposées conformément à la loi et qui sont nécessaires dans une société démocratique, dans l’intérêt de la sécurité nationale, de la sûreté publique, de l’ordre public ou pour protéger la santé ou la moralité publiques, ou les droits et les libertés d’autrui.

Article 22 1. Toute personne a le droit de s’associer librement avec d’autres, y compris le droit de

45

kurema ingaga cyangwa kuzinjiramo kugira ngo arengere inyungu ze.

2. Nta kindi gishobora kuzitira ubwo burenganzira uretse ibiteganywa n’amategeko kandi bya ngombwa, mu gihugu kigendera ku matwara ya demokarasi hagamijwe kurengera umutekano w’igihugu, kurinda abaturage icyabahungabanya, kubahiriza umudendezo rusange, kurengera ubuzima bw’abaturage n’umuco ndangabupfura mu bantu cyangwa uburenganzira n’ukwishyira ukizana by’abandi. Iyi ngingo ntibuza ko amategcko yagabanya ubwo burenganzira ku ngabo z’igihugu no ku bapolisi. 3. Nta kintu na kimwe muri iyi ngingo cyemerera ibihugu byemeye Amasezerano yo mu wa 1948 y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Murimo yerekeye uburenganzira bwo kujya mu ngaga no kurengera ubwo burenganzira gushyiraho amategeko anyuranyije n’ayo Masezerano cyangwa gukurikiza amategeko ariho ku buryo bwatuma ayo Masezerano ahungabanywa.

Ingingo ya 23 1. Umuryango ni wo muzi kamere kandi w’ibanze w’imbaga y’abaturage, ugomba kurengerwa n’abaturage na Leta.

2. Uburenganzira bwo gushyingirwa no gushinga umuryango ku muhungu n’umukobwa bagejeje ku myaka yo gushyingirwa buremewe.

3. Nta bashobora gushyingirwa batabyishakiye ubwabo kandi batabyiyemereye nta gahato.

form and join trade unions for the protection of his interests.

2. No restrictions may be placed on the exercise of this right other than those which are prescribed by law and which are necessary in a democratic society in the interests of national security or public safety, public order (ordre public), the protection of public health or morals or the protection of the rights and freedoms of others. This Article shall not prevent the imposition of lawful restrictions on members of the armed forces and of the police in their exercise of this right.

3. Nothing in this article shall authorize States Parties to the International Labour Organisation Convention of 1948 concerning Freedom of Association and Protection of the Right to Organization to take legislative measures which would prejudice, or to apply the law in such a manner as to prejudice, the guarantees provided for in that Convention.

Article 23 1. The family is the natural and fundamental group unit of society and is entitled to protection by society and the State.

2. The right of men and women of marriageable age to marry and to found a family shall be recognized.

3. No marriage shall be entered into without the free and full consent of the intending spouses.

constituer des syndicats et d’y adhérer pour la protection de ses intérêts.

2. L’exercice de ce droit ne peut faire l’objet que des seules restrictions prévues par la loi et qui sont nécessaires dans une société démocratique, dans l’intérêt de la sécurité nationale, de la sûreté publique, de l’ordre public, ou pour protéger la santé ou la moralité publiques ou les droits et les libertés d’autrui. Le présent article n’empêche pas de soumettre à des restrictions légales l’exercice de ce droit par les membres des forces armées et de la police.

3. Aucune disposition du présent article ne permet aux Etats parties à la Convention de 1948 de l’Organisation internationale du Travail concernant la liberté syndicale et la protection du droit syndical de prendre des mesures législatives portant atteinte -- ou d’appliquer la loi de façon à porter atteinte -- aux garanties prévues dans ladite convention.

Article 23 1. La famille est l’élément naturel et fondamental de la société et a droit à la protection de la société et de l’Etat.

2. Le droit de se marier et de fonder une famille est reconnu à l’homme et à la femme à partir de l’âge nubile.

3. Nul mariage ne peut être conclu sans le libre et plein consentement des futurs époux.

46

4. Ibihugu byemeye aya Masezerano bizafata ibyemezo bya ngombwa bigamije gutuma uburenganzira n’inshingano by’umugabo n’umugore bidasumbana igihe bashyingirwa, mu mibanire yabo mu rugo no mu gutandukana. Mu gihe habayeho ubutane, hafatwa ibyemezo bya ngombwa bigamije kurengera inyungu z’abana ku buryo buhagije.

Ingingo ya 24 1. Buri mwana, nta vangura rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’umubiri, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku gihugu cyangwa umuryango umuntu akomokamo, ku mutungo cyangwa ku ivuko afite uburenganzira bwo kurengerwa n’umuryango we n’abaturage ndetse na Leta kubera ko aba akiri muto.

2. Buri mwana agomba guhita yandikwa akimara kuvuka kandi agahabwa izina.

3. Buri mwana afite uburenganzira bwo guhabwa ubwenegihugu.

Ingingo ya 25 Buri muturage afite uburenganzira n’ububasha bwo gukora ibi bikurikira nta vangura iryo ari ryo ryose rishingiye ku bivugwa mu ngingo ya 2, kandi nta gabanywa ry’ubwo burenganzira ku buryo bukabije:

(a) Kugira uruhare mu micungire y’iby’igihugu, akaba yakoresha ubwo burenganzira we ubwe, cyangwa abinyujije ku bamuhagarariye batowe mu bwisanzure;

4. States Parties to the present Covenant shall take appropriate steps to ensure equality of rights and responsibilities of spouses as to marriage, during marriage and at its dissolution. In the case of dissolution, provision shall be made for the necessary protection of any children.

Article 24 1. Every child shall have, without any discrimination as to race, colour, sex, language, religion, national or social origin, property or birth, the right to such measures of protection as are required by his status as a minor, on the part of his family, society and the State.

2. Every child shall be registered immediately after birth and shall have a name.

3. Every child has the right to acquire a nationality.

Article 25 Every citizen shall have the right and the opportunity, without any of the distinctions mentioned in article 2 and without unreasonable restrictions:

(a) To take part in the conduct of public affairs, directly or through freely chosen representatives;

4. Les Etats parties au présent Pacte prendront les mesures appropriées pour assurer l’égalité de droits et de responsabilités des époux au regard du mariage, durant le mariage et lors de sa dissolution. En cas de dissolution, des dispositions seront prises afin d’assurer aux enfants la protection nécessaire.

Article 24 1. Tout enfant, sans discrimination aucune fondée sur la race, la couleur, le sexe, la langue, la religion, l’origine nationale ou sociale, la fortune ou la naissance, a droit, de la part de sa famille, de la société et de l’Etat, aux mesures de protection qu’exige sa condition de mineur.

2. Tout enfant doit être enregistré immédiatement après sa naissance et avoir un nom.

3. Tout enfant a le droit d’acquérir une nationalité.

Article 25 Tout citoyen a le droit et la possibilité, sans aucune des discriminations visées à l’article 2 et sans restrictions déraisonnables:

a) De prendre part à la direction des affaires publiques, soit directement, soit par l’intermédiaire de représentants librement choisis;

47

(b) Gutora cyangwa gutorwa mu matora akozwe mu bihe bizwi byagenwe, adafifitse, y’abaturage bose kandi akozwe ku buryo bureshya, mu ibanga, agaragaza ibyifuzo by’abatora bitarimo igitugu;

(c) Kudahezwa mu mirimo ya Leta mu gihugu cye, kandi ibyo bigakorwa ku buryo bungana muri rusange.

Ingingo ya 26 Abantu bose barareshya imbere y’amategeko kandi bafite uburenganzira bwo kurengerwa n’amategeko ku buryo bungana nta kuvangura. Kubera izo mpamvu, amategeko agomba kubuza ; gushyiraho uburyo bungana kandi buhamye bwo kurinda abantu bose ryose nk’iryaba rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku bitekerezo bya politiki n’ibindi bitekerezo, ku bwenegihugu cyangwa umuryango umuntu akomokamo, ku mutungo, ku mivukire cyangwa ku yindi mimerere iyo ariyo yose.

Ingingo ya 27 Mu bihugu birimo abantu bake bahuriye ku bwoko, ku idini cyangwa ku rurimi, abo bantu bake ntibashobora kuvutswa uburenganzira bafite bwo kugira ibikorwa ndangamuco bahuriyeho, bwo kwigisha no gushyira mu bikorwa idini ryabo bwite, cyangwa gukoresha ururimi rwabo bwite.

(b) To vote and to be elected at genuine periodic elections which shall be by universal and equal suffrage and shall be held by secret ballot, guaranteeing the free expression of the will of the electors;

(c) To have access, on general terms of equality, to public service in his country.

Article 26 All persons are equal before the law and are entitled without any discrimination to the equal protection of the law. In this respect, the law shall prohibit any discrimination and guarantee to all persons equal and effective protection against discrimination on any ground such as race, colour, sex, language, religion, political or other opinion, national or social origin, property, birth or other status.

Article 27 In those States in which ethnic, religious or linguistic minorities exist, persons belonging to such minorities shall not be denied the right, in community with the other members of their group, to enjoy their own culture, to profess and practise their own religion, or to use their own language.

b) De voter et d’être élu, au cours d’élections périodiques, honnêtes, au suffrage universel et égal et au scrutin secret, assurant l’expression libre de la volonté des électeurs;

c) D’accéder, dans des conditions générales d’égalité, aux fonctions publiques de son pays.

Article 26 Toutes les personnes sont égales devant la loi et ont droit sans discrimination à une égale protection de la loi. A cet égard, la loi doit interdire toute discrimination et garantir à toutes les personnes une protection égale et efficace contre toute discrimination, notamment de race, de couleur, de sexe, de langue, de religion, d’opinion politique et de toute autre opinion, d’origine nationale ou sociale, de fortune, de naissance ou de toute autre situation.

Article 27 Dans les Etats il existe des minorités ethniques, religieuses ou linguistiques, les personnes appartenant à ces minorités ne peuvent être privées du droit d’avoir, en commun avec les autres membres de leur groupe, leur propre vie culturelle, de professer et de pratiquer leur propre religion, ou d’employer leur propre langue.

48

IGICE CYA KANE Ingingo ya 28 1. Hashyizweho Komite y’uburenganzira bwa muntu (mu ngingo zikurikira z’aya Masezerano yitwa Komite). Iyo Komite igizwe n’abantu cumi n’umunani kandi inshingano zayo zisobanuwe mu ngingo zikurikira.

2. Komite igizwe n’abantu baturuka mu bihugu byemeye aya Masezerano, bakaba bagomba kuba abantu b’inyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi mu bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, hakanitabwa ku nyungu zo kuba bamwe mu bagize Komite baba ari abantu bafite ubunararibonye mu bijyanye n’amategeko.

3. Abagize iyo Komite batorwa kandi bakarema inama ku giti cyabo.

Ingingo ya 29 1. Abagize Komite batorwa mu ibanga ku rutonde rw’abantu bujuje ibisabwa biteganyijwe mu ngingo ya 28, batangwa n’ibihugu byemeye aya Masezerano.

2. Buri gihugu cyemeye aya Masezerano cyemerewe kwamamaza abantu batarenze babiri. Abo bantu bagomba kuba bakomoka muri icyo gihugu kibatanze.

PART IV Article 28 1. There shall be established a Human Rights Committee (hereafter referred to in the present Covenant as the Committee). It shall consist of eighteen members and shall carry out the functions hereinafter provided.

2. The Committee shall be composed of nationals of the States Parties to the present Covenant who shall be persons of high moral character and recognized competence in the field of human rights, consideration being given to the usefulness of the participation of some persons having legal experience.

3. The members of the Committee shall be elected and shall serve in their personal capacity.

Article 29 1. The members of the Committee shall be elected by secret ballot from a list of persons possessing the qualifications prescribed in article 28 and nominated for the purpose by the States Parties to the present Covenant.

2. Each State Party to the present Covenant may nominate not more than two persons. These persons shall be nationals of the nominating State.

QUATRIEME PARTIE Article 28 1. Il est institué un comité des droits de l’homme (ci-après dénommé le Comité dans le présent Pacte). Ce comité est composé de dix-huit membres et a les fonctions définies ci-après.

2. Le Comité est composé des ressortissants des Etats parties au présent Pacte, qui doivent être des personnalités de haute moralité et possédant une compétence reconnue dans le domaine des droits de l’homme. Il sera tenu compte de l’intérêt que présente la participation aux travaux du Comité de quelques personnes ayant une expérience juridique.

3. Les membres du Comité sont élus et siègent à titre individuel.

Article 29 1. Les membres du Comité sont élus au scrutin secret sur une liste de personnes réunissant les conditions prévues à l’article 28, et présentées à cet effet par les Etats parties au présent Pacte.

2. Chaque Etat partie au présent Pacte peut présenter deux personnes au plus. Ces personnes doivent être des ressortissants de l’Etat qui les présente.

49

3. Umuntu wari wamamajwe ashobora kongera kwamamazwa.

Ingingo ya 30 1. Itora rya mbere rizaba bitarenze amezi atandatu uhereye ku itariki aya Masezerano azaba yatangiriyeho gukurikizwa.

2. Nibura amezi ane mbere y’uko itora ryose rya Komite riba, uretse itora rindi ryaba rigamije gusimbura umuntu mu mwanya hakurikijwe ingingo ya 34, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye asaba akoresheje inyandiko ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gutangaza, mu gihe kitarenze amezi atatu, abakandida babyo bo gutorerwa kujya muri Komite.

3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye akora urutonde rw’amazina y’abantu bose batanzwe, agaragaza n’ibihugu byabatanze, akayigeza ku bihugu byemeye aya Masezerano hasigaye nibura ukwezi kugira ngo amatora abe.

4. Abagize Komite batorerwa mu nama y’ibihugu byemeye aya Masezerano itumizwa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ku cyicaro cy’uwo Muryango. Mu ri iyo nama, aho umubare wa ngombwa w’abayigize ugomba kugera kuri bibiri bya gatatu by’ibihugu byemeye aya Masezerano, abatorerwa kwinjira muri Komite ni abakandida bashoboye kubona amajwi menshi kurusha abandi kandi mu bwiganze buruduye

3. A person shall be eligible for renomination.

Article 30 1. The initial election shall be held no later than six months after the date of the entry into force of the presented Covenant.

2. At least four months before the date of each election to the Committee, other than an election to fill a vacancy declared in accordance with article 34, the Secretary-General of the United Nations shall address a written invitation to the States Parties to the present Covenant to submit their nominations for membership of the Committee within three months.

3. The Secretary-General of the United Nations shall prepare a list in alphabetical order of all the persons thus nominated, with an indication of the States Parties which have nominated them, and shall submit it to the States Parties to the present Covenant no later than one month before the date of each election.

4. Elections of the members of the Committee shall be held at a meeting of the States Parties to the present Covenant convened by the Secretary-General of the United Nations at the Headquarters of the United Nations. At that meeting, for which two thirds of the States Parties to the present Covenant shall constitute a quorum, the persons elected to the Committee shall be those nominees who obtain the largest number of votes and an absolute majority of

3. La même personne peut être présentée à nouveau.

Article 30 1. La première élection aura lieu au plus tard six mois après la date d’entrée en vigueur du présent Pacte.

2. Quatre mois au moins avant la date de toute élection au Comité, autre qu’une élection en vue de pourvoir à une vacance déclarée conformément à l’article 34, le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies invite par écrit les Etats parties au présent Pacte à désigner, dans un délai de trois mois, les candidats qu’ils proposent comme membres du Comité.

3. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies dresse la liste alphabétique de toutes les personnes ainsi présentées en mentionnant les Etats parties qui les ont présentées et la communique aux Etats parties au présent Pacte au plus tard un mois avant la date de chaque élection.

4. Les membres du Comité sont élus au cours d’une réunion des Etats parties au présent Pacte convoquée par le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies au Siège de l’Organisation. A cette réunion, le quorum est constitué par les deux tiers des Etats parties au présent Pacte, sont élus membres du Comité les candidats qui obtiennent le plus grand nombre de voix et la majorité absolue des votes des représentants des Etats parties présents et

50

bw’amajwi y’abahagarariye ibihugu byemeye aya Masezerano bahari kandi batoye.

Ingingo ya 31 1. Nta gihugu kirenza umuntu umwe muri Komite. 2. Mu matora ya Komite, bita ku isaranganya ritabera, rishingiye ku turere, imiterere itandukanye y’isanzuramuco kimwe n’imiterere y’amategeko y’ingenzi aranga ibihugu.

Ingingo ya 32 1. Abagize Komite batorerwa manda y’imyaka ine. Bashora kongera gutorwa iyo bongeye gutangwaho abakandida. Nyamara ariko ku bantu icyenda binjiye muri Komite mu itora rya mbere, manda yabo irangira hashize imyaka ibiri. Itora rikimara kuba, amazina y’abo bantu icyenda atoranywa hakoreshejwe ubufindo bikozwe n’Umuyobozi w’inama ivugwa mu gika cya 4 cy’ingingo ya 30.

2. Iyo manda batorewe irangiye hakorwa amatora hakurikijwe ibivugwa mu ngingo zibanza z’iki gice cy’Amasezerano.

Ingingo ya 33 1. Iyo bigaragajwe n’abandi bose bagize Komite ko umwe muri bo agize ikimubuza gukomeza imirimo ye giturutse ku mpamvu yindi itari ukutaboneka kw’igihe gito, Perezida wa Komite abimenyesha ako kanya Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we agahita atangaza ko uwo mwanya udafite uwurimo.

the votes of the representatives of States Parties present and voting.

Article 31 1. The Committee may not include more than one national of the same State. 2. In the election of the Committee, consideration shall be given to equitable geographical distribution of membership and to the representation of the different forms of civilization and of the principal legal systems.

Article 32 1. The members of the Committee shall be elected for a term of four years. They shall be eligible for re-election if renominated. However, the terms of nine of the members elected at the first election shall expire at the end of two years; immediately after the first election, the names of these nine members shall be chosen by lot by the Chairman of the meeting referred to in article 30, paragraph 4.

2. Elections at the expiry of office shall be held in accordance with the preceding articles of this part of the present Covenant.

Article 33 1. If, in the unanimous opinion of the other members, a member of the Committee has ceased to carry out his functions for any cause other than absence of a temporary character, the Chairman of the Committee shall notify the Secretary-General of the United Nations, who shall then declare the seat of that member to be vacant.

votants.

Article 31 1. Le Comité ne peut comprendre plus d’un ressortissant d’un même Etat. 2. Pour les élections au Comité, il est tenu compte d’une répartition géographique équitable et de la représentation des diverses formes de civilisation ainsi que des principaux systèmes juridiques.

Article 32 1. Les membres du Comité sont élus pour quatre ans. Ils sont rééligibles s’ils sont présentés à nouveau. Toutefois, le mandat de neuf des membres élus lors de la première élection prend fin au bout de deux ans; immédiatement après la première élection, les noms de ces neuf membres sont tirés au sort par le Président de la réunion visée au paragraphe 4 de l’article 30.

2. A l’expiration du mandat, les élections ont lieu conformément aux dispositions des articles précédents de la présente partie du Pacte.

Article 33 1. Si, de l’avis unanime des autres membres, un membre du Comité a cessé de remplir ses fonctions pour toute cause autre qu’une absence de caractère temporaire, le Président du Comité en informe le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies, qui déclare alors vacant le siège qu’occupait ledit membre.

51

2. Iyo umwe mu bagize Komite apfuye cyangwa akegura, Umuyobozi wa Komite ahita abimenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, nawe agahita atangaza ko hari umwanya udafite uwurimo guhera ku itariki urupfu rwabereye cyangwa ukwegura kwemerewe.

Ingingo ya 34 1. Iyo hatangajwe ko hari umwanya udafite uwurimo nk’uko biteganywa n’ingingo ya 33 kandi manda y’ugomba gusimburwa ikaba itazarangira mu mezi atandatu akurikira iyo tariki uwo mwanya watangarijweho, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye abimenyesha ibihugu byemeye aya Masezerano, mu gihe cy’amezi abiri bikaba bishobora gutanga abakandida kuri uwo mwanya nk’uko biteganywa mu ngingo ya 29 kugira ngo haboneke umuntu ujya kuri uwo mwanya.

2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye akora urutonde rw’amazina y’abakandida batanzwe akayageza ku bihugu byemeye aya Masezerano. Itora rigamije gushaka ujya muri uwo mwanya riba hakurikijwe ingingo zibigena z’iki gice cy’Amasezerano.

3. Umuntu wese utorewe kujya mu mwanya utari ufite uwurimo muri Komite nk’uko biteganywa mu ngingo ya 33 aba umwe mu bagize Komite kugeza ku itariki iteganyijwe y’irangira rya manda y’uwo asimbura, nk’uko biteganywa n’iyi ngingo.

2. In the event of the death or the resignation of a member of the Committee, the Chairman shall immediately notify the Secretary-General of the United Nations, who shall declare the seat vacant from the date of death or the date on which the resignation takes effect.

Article 34 1. When a vacancy is declared in accordance with article 33 and if the term of office of the member to be replaced does not expire within six months of the declaration of the vacancy, the Secretary-General of the United Nations shall notify each of the States Parties to the present Covenant, which may within two months submit nominations in accordance with article 29 for the purpose of filling the vacancy.

2. The Secretary-General of the United Nations shall prepare a list in alphabetical order of the persons thus nominated and shall submit it to the States Parties to the present Covenant. The election to fill the vacancy shall then take place in accordance with the relevant provisions of this part of the present Covenant.

3. A member of the Committee elected to fill a vacancy declared in accordance with article 33 shall hold office for the remainder of the term of the member who vacated the seat on the Committee under the provisions of that article.

2. En cas de décès ou de démission d’un membre du Comité, le Président en informe immédiatement le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies, qui déclare le siège vacant à compter de la date du décès ou de celle à laquelle la démission prend effet.

Article 34 1. Lorsqu’une vacance est déclarée conformément à l’article 33 et si le mandat du membre à remplacer n’expire pas dans les six mois qui suivent la date à laquelle la vacance a été déclarée, le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies en avise les Etats parties au présent Pacte qui peuvent, dans un délai de deux mois, désigner des candidats conformément aux dispositions de l’article 29 en vue de pourvoir à la vacance.

2. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies dresse la liste alphabétique des personnes ainsi présentées et la communique aux Etats parties au présent Pacte. L’élection en vue de pourvoir à la vacance a lieu ensuite conformément aux dispositions pertinentes de la présente partie du Pacte.

3. Tout membre du Comité élu à un siège déclaré vacant conformément à l’article 33 fait partie du Comité jusqu’à la date normale d’expiration du mandat du membre dont le siège est devenu vacant au Comité conformément aux dispositions dudit article.

52

Ingingo ya 35 Bimaze kwemerwa n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, abagize Komite bahabwa igihembo kivuye mu mutungo w’Umuryango w’Abibumbye ku buryo bugenwa n’Inteko Rusange, hitawe ku mirimo ikomeye iyo Komite ishinzwe.

Ingingo ya 36 Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ashyikiriza Komite abakozi n’ibikoresho bya ngombwa byo kuyifasha kurangiza neza imirimo ishinzwe nk’uko iteganywa muri aya Masezerano.

Ingingo ya 37 1. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ahamagaza abagize Komite mu nama yayo ya mbere, ku cyicaro cy’uwo muryango.

2. Nyuma y’inama yayo ya mbere Komite iterana igihe ishakiye hakurikijwe amategeko ngengamikorere yayo.

3. Inama za Komite zibera ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye cyangwa mu Ngoro y’Umuryango w’Abibumbye i Genève.

Ingingo ya 38 Mbere yo gutangira imirimo, buri wese mu bagize Komite agomba kurahira mu ruhame ko azarangiza imirimo ashinzwe ntaho abogamiye kandi akurikije umutimanama we.

Article 35 The members of the Committee shall, with the approval of the General Assembly of the United Nations, receive emoluments from United Nations resources on such terms and conditions as the General Assembly may decide, having regard to the importance of the Committee’s responsibilities.

Article 36 The Secretary-General of the United Nations shall provide the necessary staff and facilities for the effective performance of the functions of the Committee under the present Covenant.

Article 37 1. The Secretary-General of the United Nations shall convene the initial meeting of the Committee at the Headquarters of the United Nations.

2. After its initial meeting, the Committee shall meet at such times as shall be provided in its rules of procedure.

3. The Committee shall normally meet at the Headquarters of the United Nations or at the United Nations Office at Geneva.

Article 38 Every member of the Committee shall, before taking up his duties, make a solemn declaration in open committee that he will perform his functions impartially and conscientiously.

Article 35 Les membres du Comité reçoivent, avec l’approbation de l’Assemblée générale des Nations Unies, des émoluments prélevés sur les ressources de l’Organisation des Nations Unies dans les conditions fixées par l’Assemblée générale, eu égard à l’importance des fonctions du Comité.

Article 36 Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies met à la disposition du Comité le personnel et les moyens matériels qui lui sont nécessaires pour s’acquitter efficacement des fonctions qui lui sont confiées en vertu du présent Pacte.

Article 37 1. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies convoque les membres du Comité, pour la première réunion, au Siège de l’Organisation.

2. Après sa première réunion, le Comité se réunit à toute occasion prévue par son règlement intérieur.

3. Les réunions du Comité ont normalement lieu au Siège de l’Organisation des Nations Unies ou à l’Office des Nations Unies à Genève.

Article 38 Tout membre du Comité doit, avant d’entrer en fonctions, prendre en séance publique l’engagement solennel de s’acquitter de ses fonctions en toute impartialité et en toute

53

Ingingo ya 39 1. Abagize Komite bitoramo abagize Biro yayo batorerwa manda y’imyaka ibiri. Abagize Biro bashobora kongera gutorwa. 2. Komite yishyiriraho amabwiriza ngengamikorere; ayo mabwiriza ariko agomba kuba akubiyemo nibura ibikurikira : (a) Umubare wa ngombwa kugira ngo inama ireme ni abantu nibura cumi na babiri;

(b) Ibyemezo bya Komite bifatwa mu bwiganze bw’amajwi y’abayigize baje mu nama.

Ingingo ya 40 1. Ibihugu byemeye aya Masezerano byiyemeje gutanga za raporo ku byemezo byafashwe byo kubahiriza uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano no ku ntambwe yatewe mu gukoresha ubwo burenganzira:

(a) Mu gihe kitarenze umwaka umwe uhereye ku itariki aya Masezerano yatangiriyeho gukurikizwa kuri buri gihugu mu bikireba;

(b) Noneho mu gihe gikurikira, uko Komite izajya ibisaba.

2. Raporo zose zohererezwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we akazigeza kuri Komite kugira ngo izisuzume. Iyo bibaye ngombwa, ibihugu byerekana muri raporo zabyo inzitizi n’ingorane zibangamira ishyirwa mu bikorwa ry’aya masezerano.

Article 39 1. The Committee shall elect its officers for a term of two years. They may be re-elected.

2. The Committee shall establish its own rules of procedure, but these rules shall provide, inter alia, that: (a) Twelve members shall constitute a quorum;

(b) Decisions of the Committee shall be made by a majority vote of the members present.

Article 40 1. The States Parties to the present Covenant undertake to submit reports on the measures they have adopted which give effect to the rights recognized herein and on the progress made in the enjoyment of those rights:

(a) Within one year of the entry into force of the present Covenant for the States Parties concerned;

(b) Thereafter whenever the Committee so requests.

2. All reports shall be submitted to the Secretary-General of the United Nations, who shall transmit them to the Committee for consideration. Reports shall indicate the factors and difficulties, if any, affecting the implementation of the present Covenant.

conscience. Article 39 1. Le Comité élit son bureau pour une période de deux ans. Les membres du bureau sont rééligibles. 2. Le Comité établit lui-même son règlement intérieur; celui-ci doit, toutefois, contenir entre autres les dispositions suivantes: a) Le quorum est de douze membres;

b) Les décisions du Comité sont prises à la majorité des membres présents.

Article 40 1. Les Etats parties au présent Pacte s’engagent à présenter des rapports sur les mesures qu’ils auront arrêtées et qui donnent effet aux droits reconnus dans le présent Pacte et sur les progrès réalisés dans la jouissance de ces droits:

a) Dans un délai d’un an à compter de l’entrée en vigueur du présent Pacte, pour chaque Etat partie intéressé en ce qui le concerne;

b) Par la suite, chaque fois que le Comité en fera la demande.

2. Tous les rapports seront adressés au Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies qui les transmettra au Comité pour examen. Les rapports devront indiquer, le cas échéant, les facteurs et les difficultés qui affectent la mise en oeuvre des dispositions du présent Pacte. 3. Le Secrétaire général de l’Organisation

54

3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, amaze kugisha inama Komite, ashobora kugeza ku nzego zihariye zibishinzwe kopi z’ibice byose byihariye bya za raporo bifite aho bihuriye n’ibyo izo nzego zishinzwe.

4. Komite yiga raporo yashyikirijwe n’ibihugu byemeye aya Masezerano. Iyo Komite igeza kuri ibyo bihugu raporo zayo bwite, n’ibindi bitekerezo ibona ari ngombwa. Komite kandi ishobora koherereza Inama ishinzwe Ubukungu n’Imibereho Myiza ibyo bitekerezo biherekejwe na kopi za raporo iba yagejejweho n’ibihugu byemeye aya Masezerano.

5. Ibihugu byemeye aya Masezerano bishobora gushyikiriza Komite ibyo bishima cyangwa bigaya ku gitekerezo cyose gitangwa hakurikijwe igika cya 4 cy’iyi ngingo.

Ingingo ya 41 1. Buri gihugu cyemeye aya Masezerano, gishobora gutangaza igihe gishakiye, hakurikijwe iyi ngingo, ko cyemeye ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzuma ibirego igihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyatanze ku kindi gihugu kituzuza inshingano zacyo gihabwa n’aya Masezerano. Ibirego bitanzwe hakurikijwe iyi ngingo ntibishobora kwakirwa cyangwa gusuzumwa bidatanzwe n’igihugu cyemeye aya Masezerano kandi cyatangaje ku mugaragaro ko cyemera, ku bikireba, ububasha bwa Komite. Nta kirego na kimwe Komite ishobora kwakira gitanzwe n’igihugu kitakoze iryo tangazo. Imihango ikurikira ni

3. The Secretary-General of the United Nations may, after consultation with the Committee, transmit to the specialized agencies concerned copies of such parts of the reports as may fall within their field of competence.

4. The Committee shall study the reports submitted by the States Parties to the present Covenant. It shall transmit its reports, and such general comments as it may consider appropriate, to the States Parties. The Committee may also transmit to the Economic and Social Council these comments along with the copies of the reports it has received from States Parties to the present Covenant.

5. The States Parties to the present Covenant may submit to the Committee observations on any comments that may be made in accordance with paragraph 4 of this article.

Article 41 1. A State Party to the present Covenant may at any time declare under this article that it recognizes the competence of the Committee to receive and consider communications to the effect that a State Party claims that another State Party is not fulfilling its obligations under the present Covenant Communications under this article may be received and considered only if submitted by a State Party which has made a declaration recognizing in regard to itself the competence of the Committee. No communication shall be received by the Committee if it concerns a State Party which has not made such a declaration. Communications

des Nations Unies peut, après consultation du Comité, communiquer aux institutions spécialisées intéressées copie de toutes parties des rapports pouvant avoir trait à leur domaine de compétence. 4. Le Comité étudie les rapports présentés par les Etats parties au présent Pacte. Il adresse aux Etats parties ses propres rapports, ainsi que toutes observations générales qu’il jugerait appropriées. Le Comité peut également transmettre au Conseil économique et social ces observations accompagnées de copies des rapports qu’il a reçus d’Etats parties au présent Pacte.

5. Les Etats parties au présent Pacte peuvent présenter au Comité des commentaires sur toute observation qui serait faite en vertu du paragraphe 4 du présent article.

Article 41 1. Tout Etat partie au présent Pacte peut, en vertu du présent article, déclarer à tout moment qu’il reconnaît la compétence du Comité pour recevoir et examiner des communications dans lesquelles un Etat partie prétend qu’un autre Etat partie ne s’acquitte pas de ses obligations au titre du présent Pacte. Les communications présentées en vertu du présent article ne peuvent être reçues et examinées que si elles émanent d’un Etat partie qui a fait une déclaration reconnaissant, en ce qui le concerne, la compétence du Comité. Le Comité ne reçoit aucune communication intéressant un Etat partie qui n’a pas fait une telle déclaration.

55

yo ikurikizwa mu gusuzuma ibirego byakiriwe hakurikijwe iyi ngingo : (a) Niba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyemeza ko ikindi gihugu biyahuriyemo kitayubahiriza, gishobora kucyibutsa binyuze mu nyandiko, kwita kuri icyo kibazo. Mu gihe cy’amezi atatu uhereye ku iyakirwa ry’icyo kirego, igihugu cyabimenyeshejwe gishyikiriza igihugu cyatanze ibirego ibisobanuro cyangwa ibindi bimenyetso byanditse bisobanura neza icyo kibazo, bigomba kuba bikubiyemo mu buryo bushobotse bwose kandi bufite akamaro ibyerekeye amategeko yacyo agenga imiburanishirize n’inzira zo kujurira zaba izakoreshejwe, izirimo zikoreshwa n’izishobora kuzakoreshwa. (b) Iyo mu gihe cy’amezi atandatu uhereye ku itariki inyandiko y’umwimerere y’ikirego yagereye ku gihugu yohererejwe, ikibazo kitabonewe umuti ku buryo bubereye impande zombi, buri gihugu muri ibyo gifite uburenganzira bwo kugeza icyo kibazo kuri Komite, kikabimenyesha kandi igihugu kirebwa n’icyo kibazo.

(c) Komite ntishobora gusuzuma ikibazo cyayishyikirijwe itaramara kubona ikiyemeza ko inzira zo kujurira zose ziriho mu gihugu zitabajwe kandi zahetuwe nk’uko biteganywa n’amahame y’amategeko mpuzamahanga yemewe muri rusange. Iri tegeko ryerekeye guhetura inzego zo mu gihugu ntirikurikizwa iyo inzira z’ijurira zateganyijwe zirenze ku buryo bukabije igihe kiringaniye.

received under this article shall be dealt with in accordance with the following procedure: (a) If a State Party to the present Covenant considers that another State Party is not giving effect to the provisions of the present Covenant, it may, by written communication, bring the matter to the attention of that State Party. Within three months after the receipt of the communication, the receiving State shall afford the State which sent the communication an explanation or any other statement in writing clarifying the matter, which should include, to the extent possible and pertinent, reference to domestic procedures and remedies taken, pending, or available in the matter.

(b) If the matter is not adjusted to the satisfaction of both States Parties concerned within six months after the receipt by the receiving State of the initial communication, either State shall have the right to refer the matter to the Committee, by notice given to the Committee and to the other State.

(c) The Committee shall deal with a matter referred to it only after it has ascertained that all available domestic remedies have been invoked and exhausted in the matter, in conformity with the generally recognized principles of international law. This shall not be the rule where the application of the remedies is unreasonably prolonged.

La procédure ci-après s’applique à l’égard des communications reçues conformément au présent article: a) Si un Etat partie au présent Pacte estime qu’un autre Etat également partie à ce pacte n’en applique pas les dispositions, il peut appeler, par communication écrite, l’attention de cet Etat sur la question. Dans un délai de trois mois à compter de la réception de la communication, l’Etat destinataire fera tenir à l’Etat qui a adressé la communication des explications ou toutes autres déclarations écrites élucidant la question, qui devront comprendre, dans toute la mesure possible et utile, des indications sur ses règles de procédure et sur les moyens de recours soit déjà utilisés, soit en instance, soit encore ouverts. b) Si, dans un délai de six mois à compter de la date de réception de la communication originale par l’Etat destinataire, la question n’est pas réglée à la satisfaction des deux Etats parties intéressés, l’un comme l’autre auront le droit de la soumettre au Comité, en adressant une notification au Comité ainsi qu’à l’autre Etat intéressé.

c) Le Comité ne peut connaître d’une affaire qui lui est soumise qu’après s’être assuré que tous les recours internes disponibles ont été utilisés et épuisés, conformément aux principes de droit international généralement reconnus. Cette règle ne s’applique pas dans les cas les procédures de recours excèdent les délais raisonnables.

56

(d) Komite iterana mu muhezo mu gihe isuzuma ibirego biteganijwe muri iyi ngingo.

(e) Haseguriwe ibiteganywa mu gace ka (c), Komite iha ibihugu birebwa n’icyo kibazo abantu bo kubigira inama kugira ngo bibashe gufata umwanzuro byumvikanyeho ku kibazo gishingiye ku burenganzira bwa muntu n’umudendezo w’ibanze, nk’uko aya Masezerano abyemera.

(f) Mu kirego cyose ishyikirijwe, Komite ishobora gusaba ibihugu birebwa n’ibibazo bivugwa mu gace ka (b) kuyishyikiriza ibisobanuro byose byayifasha gukurikirana icyo kibazo. (g) Ibihugu birebwa n’ibibazo bivugwa mu gace ka (b) bifite uburenganzira bwo kohereza ababihagararira mu gihe Komite isuzuma ikirego no gutanga imyanzuro yabyo mu magambo cyangwa mu nyandiko, cyangwa muri ubwo buryo bwombi. (h) Komite igomba gutanga raporo mu gihe kitarenze amezi cumi n’abiri uhereye ku munsi yagerejweho ikirego kivugwa mu gace ka (b):

(i) Iyo igisubizo cyashoboye kuboneka binyuze mu nzira ziteganywa mu gace ka (e), icyo gihe Komite igaragaza gusa muri raporo yayo uko ibintu biteye mu magambo ahinnye hamwe n’umwanzuro wabonetse.

(ii) Iyo nta mwanzuro wafashwe hakurikijwe ibivugwa mu gace ka (e), Komite yibanda gusa ku kwerekana muri raporo yayo uko ibintu biteye mu magambo ahinnye, inyandiko

(d) The Committee shall hold closed meetings when examining communications under this article. (e) Subject to the provisions of sub-paragraph (c), the Committee shall make available its good offices to the States Parties concerned with a view to a friendly solution of the matter on the basis of respect for human rights and fundamental freedoms as recognized in the present Covenant.

(f) In any matter referred to it, the Committee may call upon the States Parties concerned, referred to in sub-paragraph (b), to supply any relevant information.

(g) The States Parties concerned, referred to in sub-paragraph (b), shall have the right to be represented when the matter is being considered in the Committee and to make submissions orally and/or in writing.

(h) The Committee shall, within twelve months after the date of receipt of notice under sub- paragraph (b), submit a report:

(i) If a solution within the terms of sub-paragraph (e) is reached, the Committee shall confine its report to a brief statement of the facts and of the solution reached;

(ii) If a solution within the terms of sub- paragraph (e) is not reached, the Committee shall confine its report to a brief statement of the facts; the written submissions and record of

d) Le Comité tient ses séances à huis clos lorsqu’il examine les communications prévues au présent article. e) Sous réserve des dispositions de l’alinéa c, le Comité met ses bons offices à la disposition des Etats parties intéressés, afin de parvenir à une solution amiable de la question fondée sur le respect des droits de l’homme et des libertés fondamentales, tels que les reconnaît le présent Pacte.

f) Dans toute affaire qui lui est soumise, le Comité peut demander aux Etats parties intéressés visés à l’alinéa b de lui fournir tout renseignement pertinent.

g) Les Etats parties intéressés, visés à l’alinéa b, ont le droit de se faire représenter lors de l’examen de l’affaire par le Comité et de présenter des observations oralement ou par écrit, ou sous l’une et l’autre forme.

h) Le Comité doit présenter un rapport dans un délai de douze mois à compter du jour il a reçu la notification visée à l’alinéa b:

i) Si une solution a pu être trouvée conformément aux dispositions de l’alinéa e, le Comité se borne, dans son rapport, à un bref exposé des faits et de la solution intervenue;

ii) Si une solution n’a pu être trouvée conformément aux dispositions de l’alinéa e, le Comité se borne, dans son rapport, à un bref exposé des faits; le texte des observations

57

ikubiyemo ibisobanuro byanditse hamwe n’inyandikomvugo y’ibindi bitekerezo byavuzwe n’ibihugu birebwa n’iki kibazo bikomekwa kuri raporo.

Kuri buri kirego, raporo yohererezwa ibihugu birebwa na cyo.

2. Ibivugwa muri iyi ngingo bizatangira gukurikizwa igihe ibihugu cumi mu byemeye aya Masezerano bizaba byarakoze itangazo riteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. Igihugu cyemeye aya Masezerano gishyikiriza iryo tangazo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we akoherereza kopi yaryo ibihugu byemeye aya Masezerano. Igihugu cyatanze itangazo gishobora kwisubiraho igihe icyo ari cyo cyose kibikoze mu nyandiko ishyikirijwe Umunyamabanga Mukuru. Uko kwisubiraho ntigutambamira isuzumwa ry’ikirego icyo ari cyo cyose cyatanzwe mbere yaho hakurikijwe ibiteganywa muri iyi ngingo. Nta kindi kirego cy’igihugu cyemeye aya Masezerano cyongera kwakirwa kuva igihe Umunyamabanga Mukuru amenyesherejwe ukwisubiraho, keretse igihe icyo gihugu kirebwa n’ikibazo cyongeye gutanga irindi tangazo.

Ingingo ya 42 (a) Iyo ikibazo cyashyikirijwe Komite hakurikijwe ibiteganywa mu ngingo ya 41 kidashoboye kubonerwa umwanzuro unogeye impande zose, Komite, ibanje ku byemererwa n’ibihugu birebwa n’ikibazo, ishobora

the oral submissions made by the States Parties concerned shall be attached to the report.

In every matter, the report shall be communicated to the States Parties concerned.

2. The provisions of this article shall come into force when ten States Parties to the present Covenant have made declarations under paragraph 1 of this article. Such declarations shall be deposited by the States Parties with the Secretary-General of the United Nations, who shall transmit copies thereof to the other States Parties. A declaration may be withdrawn at any time by notification to the Secretary- General. Such a withdrawal shall not prejudice the consideration of any matter which is the subject of a communication already transmitted under this article; no further communication by any State Party shall be received after the notification of withdrawal of the declaration has been received by the Secretary-General, unless the State Party concerned has made a new declaration.

Article 42 1. (a) If a matter referred to the Committee in accordance with article 41 is not resolved to the satisfaction of the States Parties concerned, the Committee may, with the prior consent of the States Parties concerned, appoint an ad hoc

écrites et le procès-verbal des observations orales présentées par les Etats parties intéressés sont joints au rapport.

Pour chaque affaire, le rapport est communiqué aux Etats parties intéressés.

2. Les dispositions du présent article entreront en vigueur lorsque dix Etats parties au présent Pacte auront fait la déclaration prévue au paragraphe 1 du présent article. Ladite déclaration est déposée par l’Etat partie auprès du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies, qui en communique copie aux autres Etats parties. Une déclaration peut être retirée à tout moment au moyen d’une notification adressée au Secrétaire Général. Ce retrait est sans préjudice de l’examen de toute question qui fait l’objet d’une communication déjà transmise en vertu du présent article; aucune autre communication d’un Etat partie ne sera reçue après que le Secrétaire général aura reçu notification du retrait de la déclaration, à moins que l’Etat partie intéressé n’ait fait une nouvelle déclaration.

Article 42 1. a) Si une question soumise au Comité conformément à l’article 41 n’est pas réglée à la satisfaction des Etats parties intéressés, le Comité peut, avec l’assentiment préalable des Etats parties intéressés, désigner une

58

gushyiraho Akanama Kunga, kabishinzwe (kitwa Akanama mu ngingo zikurikira). Akanama kitangira gufasha ibihugu birebwa n’ikibazo kugira ngo habonekeumwanzuro wumvikanyweho ushingiye ku iyubahirizwa ry’aya Masezerano.

(b) Akanama kagizwe n’abantu batanu bashyirwaho ku bwumvikane bw’ibihugu birebwa n’ikibazo. Iyo mu gihe cy’amezi atatu ibihugu birebwa n’ikibazo bidashoboye kumvikana ku bantu bose cyangwa kuri bamwe bagomba kuba bagize ako Kanama, abadashoboye kumvikanwaho batorwa mu ibanga mu bagize Komite, ku bwiganze bw’amajwi bwa bibiri bya gatatu by’abagize Komite.

2. Abagize Akanama baterana ku giti cyabo. Ntibagomba gukomoka mu bihugu birebwa n’ikibazo, cyangwa mu gihugu kitemeye aya Masezerano, cyangwa mu gihugu cyemeye aya Masezerano ariko kitarakoze itangazo riteganywa n’ingingo ya 41.

3. Akanama gatora Perezida wako kandi kagashyiraho amabwiriza ngengamikorere.

4. Ubusanzwe Akanama gateranira ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye cyangwa ku Ngoro y’Umuryango w’Abibumbye i Genève. Icyakora, Akanama gashobora guteranira ahandi hantu haboneye kagena kabigiyeho inama n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye kimwe n’ibihugu birebwa n’ikibazo.

Conciliation Commission (hereinafter referred to as the Commission). The good offices of the Commission shall be made available to the States Parties concerned with a view to an amicable solution of the matter on the basis of respect for the present Covenant;

(b) The Commission shall consist of five persons acceptable to the States Parties concerned. If the States Parties concerned fail to reach agreement within three months on all or part of the composition of the Commission the members of the Commission concerning whom no agreement has been reached shall be elected by secret ballot by a two-thirds majority vote of the Committee from among its members.

2. The members of the Commission shall serve in their personal capacity. They shall not be nationals of the States Parties concerned, or of a State not party to the present Covenant, or of a State Party which has not made a declaration under article 41.

3. The Commission shall elect its own Chairman and adopt its own rules of procedure.

4. The meetings of the Commission shall normally be held at the Headquarters of the United Nations or at the United Nations Office at Geneva. However, they may be held at such other convenient places as the Commission may determine in consultation with the Secretary- General of the United Nations and the States Parties concerned.

commission de conciliation ad hoc (ci- après dénommée la Commission). La Commission met ses bons offices à la disposition des Etats parties intéressés, afin de parvenir à une solution amiable de la question, fondée sur le respect du présent Pacte;

b) La Commission est composée de cinq membres nommés avec l’accord des Etats parties intéressés. Si les Etats parties intéressés ne parviennent pas à une entente sur tout ou partie de la composition de la Commission dans un délai de trois mois, les membres de la Commission au sujet desquels l’accord ne s’est pas fait sont élus au scrutin secret parmi les membres du Comité, à la majorité des deux tiers des membres du Comité.

2. Les membres de la Commission siègent à titre individuel. Ils ne doivent être ressortissants ni des Etats parties intéressés, ni d’un Etat qui n’est pas partie au présent Pacte, ni d’un Etat partie qui n’a pas fait la déclaration prévue à l’Article 41.

3. La Commission élit son président et adopte son règlement intérieur.

4. La Commission tient normalement ses réunions au Siège de l’Organisation des Nations Unies ou à l’Office des Nations Unies à Genève. Toutefois, elle peut se réunir en tout autre lieu approprié que peut déterminer la Commission en consultation avec le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies et les Etats parties intéressés.

59

5. Ubunyamabanga buteganijwe mu ngingo ya 36 bukorera n’utunama dushyirwaho hakurikijwe iyi ngingo.

6. Ibisobanuro byahawe Komite bishyikirizwa Akanama. Akanama gashobora kandi gusaba ibihugu birebwa n’ikibazo kugashyikiriza ibisobanuro byose by’inyongera bya ngombwa.

7. Iyo Akanama kamaze kwiga ikibazo mu ngingo zacyo zose, ariko mu gihe ntarengwa cy’amezi cumi n’abiri uhereye ku itariki kakiboneyeho, gashyikiriza raporo Perezida wa Komite na we akayishyikiriza ibihugu birebwa n’ikibazo:

(a) Iyo Akanama kadashoboye kurangiza isuzuma ry’ikibazo mu mezi cumi n’abiri, icyo gihe muri raporo kibanda gusa ku kugaragaza muri make aho kageze mu gusuzuma icyo kibazo;

(b) Iyo habonetse umwanzuro wumvikanyweho ku kibazo gishingiye ku kubahiriza uburenganzira bwa muntu bwemewe n’aya Masezerano, Akanama kibanda muri raporo yako ku kwerekana muri make uko ibintu bimeze n’umwanzuro wafashwe.

(c) Iyo hatabonetse umwanzuro mu buryo buteganywa mu gace ka (b), Akanama gashyira muri raporo yako imyanzuro kafashe ku ngingo zose zirebana n’ikibazo cyizwe hagati y’ibihugu birebwa n’ikibazo kimwe n’ibyo gasanga

5. The secretariat provided in accordance with article 36 shall also service the commissions appointed under this article.

6. The information received and collated by the Committee shall be made available to the Commission and the Commission may call upon the States Parties concerned to supply any other relevant information.

7. When the Commission has fully considered the matter, but in any event not later than twelve months after having been seized of the matter, it shall submit to the Chairman of the Committee a report for communication to the States Parties concerned.

(a) If the Commission is unable to complete its consideration of the matter within twelve months, it shall confine its report to a brief statement of the status of its consideration of the matter;

(b) If an amicable solution to the matter on the basis of respect for human rights as recognized in the present Covenant is reached, the Commission shall confine its report to a brief statement of the facts and of the solution reached.

(c) If a solution within the terms of sub-paragraph (b) is not reached, the Commission’s report shall embody its findings on all questions of fact relevant to the issues between the States Parties concerned, and its views on the possibilities of

5. Le secrétariat prévu à l’article 36 prête également ses services aux commissions désignées en vertu du présent article.

6. Les renseignements obtenus et dépouillés par le Comité sont mis à la disposition de la Commission, et la Commission peut demander aux Etats parties intéressés de lui fournir tout renseignement complémentaire pertinent.

7. Après avoir étudié la question sous tous ses aspects, mais en tout cas dans un délai maximum de douze mois après qu’elle en aura été saisie, la Commission soumet un rapport au Président du Comité qui le communique aux Etats parties intéressés:

a) Si la Commission ne peut achever l’examen de la question dans les douze mois, elle se borne à indiquer brièvement dans son rapport elle en est de l’examen de la question;

b) Si l’on est parvenu à un règlement amiable de la question, fondé sur le respect des droits de l’homme reconnus dans le présent Pacte, la Commission se borne à indiquer brièvement dans son rapport les faits et le règlement auquel on est parvenu;

c) Si l’on n’est pas parvenu à un règlement au sens de l’alinéa b, la Commission fait figurer dans son rapport ses conclusions sur tous les points de fait relatifs à la question débattue entre les Etats parties intéressés ainsi que ses

60

byakorwa kugira ngo haboneke umwanzuro wumvikanyweho. Iyo raporo igomba kuba ikubiyemo kandi ibisobanuro byanditse n’inyandiko mvugo y’ibisobanuro byavuzwe mu magambo n’ibihugu birebwa n’ikibazo;

(d) Iyo raporo y’Akanama imaze gutangwa nk’uko biteganywa n’agace ka (c) ibihugu birebwa n’ikibazo bimenyesha Perezida wa Komite, mu gihe kitarenze amezi atatu kuva bibonye raporo, niba byemeye cyangwa bitemeye ibikubiye muri iyo raporo y’Akanama.

8. Ibivugwa muri iyi ngingo bigomba kumvikana mu buryo butabangamira imirimo ya Komite iteganywa n’ingingo ya 41.

9. Amafaranga yakoreshejwe n’abagize Akanama bose, yishyurwa ku buryo buringaniye n’ibihugu birebwa n’ikibazo, hakurikijwe ikigereranyo gishyirwaho n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.

10. Iyo bibaye ngombwa, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ashobora kuriha amafaranga yakoreshejwe n’abagize Akanama, mbere y’uko ayo mafaranga yishyurwa n’ibihugu birebwa n’ikibazo, hakurikijwe ibiteganwa n’igika cya 9 cy’iyi ngingo.

Ingingo ya 43 Abagize Komite kimwe n’abagize utunama two kwunga ibihugu tubigenewe dushobora gushyirwaho nk’uko biteganywa mu ngingo ya 42 bafite uburenganzira bwo koroherezwa

an amicable solution of the matter. This report shall also contain the written submissions and a record of the oral submissions made by the States Parties concerned.

(d) If the Commission’s report is submitted under sub-paragraph (c), the States Parties concerned shall, within three months of the receipt of the report, notify the Chairman of the Committee whether or not they accept the contents of the report of the Commission.

8. The provisions of this article are without prejudice to the responsibilities of the Committee under article 41.

9. The States Parties concerned shall share equally all the expenses of the members of the Commission in accordance with estimates to be provided by the Secretary-General of the United Nations.

10. The Secretary-General of the United Nations shall be empowered to pay the expenses of the members of the Commission, if necessary, before reimbursement by the States Parties concerned, in accordance with paragraph 9 of this article.

Article 43 The members of the Committee, and of the ad hoc conciliation commissions which may be appointed under article 42, shall be entitled to the facilities, privileges and immunities of

constatations sur les possibilités de règlement amiable de l’affaire; le rapport renferme également les observations écrites et un procès-verbal des observations orales présentées par les Etats parties intéressés;

d) Si le rapport de la Commission est soumis conformément à l’alinéa c, les Etats parties intéressés font savoir au Président du Comité, dans un délai de trois mois après la réception du rapport, s’ils acceptent ou non les termes du rapport de la Commission.

8. Les dispositions du présent article s’entendent sans préjudice des attributions du Comité prévues à l’article 41.

9. Toutes les dépenses des membres de la Commission sont réparties également entre les Etats parties intéressés, sur la base d’un état estimatif établi par le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies.

10. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies est habilité, si besoin est, à défrayer les membres de la Commission de leurs dépenses, avant que le remboursement en ait été effectué par les Etats parties intéressés, conformément au paragraphe 9 du présent article.

Article 43 Les membres du Comité et les membres des commissions de conciliation ad hoc qui pourraient être désignées conformément à l’article 42 ont droit aux facilités, privilèges

61

akazi, guhabwa icyubahiro n’ubudahangarwa byemerewe impuguke ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye nk’uko bivugwa mu Masezerano yerekeye uburenganzira ku Cyubahiro n’Ubudahangarwa by’Umuryango w’Abibumbye.

Ingingo ya 44 Ingingo zerekeye gushyira mu bikorwa aya Masezerano zikurikizwa mu buryo butabangamira imihango yo gukemura impaka yashyizweho mu byerekeye uburenganzira bwa muntu hakurikijwe amategeko n’Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye n’ay’inzego zawo zihariye, kandi izo ngingo ntizibuza ibihugu byemeye aya Masezerano kwitabaza ubundi buryo bwo gukemura impaka hakurikijwe Amasezerano mpuzamahanga rusange cyangwa yihariye ibyo bihugu byiyemereye.

Ingingo ya 45 Buri mwaka Komite yoherereza Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye raporo y’imirimo yayo iyinyujije ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye yita ku bukungu n’imibereho myiza.

IGICE CYA GATANU Ingingo ya 46 Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano izafatwa nk’aho ibangamiye ingingo z’Amasezerano ashinga Umuryango w’Abibumbye n’iz’amategeko shingiro y’amashami yawo yihariye, zigaragaza uruhare

experts on mission for the United Nations as laid down in the relevant sections of the Convention on the Privileges and Immunities of the United Nations.

Article 44 The provisions for the implementation of the present Covenant shall apply without prejudice to the procedures prescribed in the field of human rights by or under the constituent instruments and the conventions of the United Nations and of the specialized agencies and shall not prevent the States Parties to the present Covenant from having recourse to other procedures for settling a dispute in accordance with general or special international agreements in force between them.

Article 45 The Committee shall submit to the General Assembly of the United Nations through the Economic and Social Council, an annual report on its activities.

PART V Article 46 Nothing in the present Covenant shall be interpreted as impairing the provisions of the Charter of the United Nations and of the constitutions of the specialized agencies which define the respective responsibilities of the

et immunités reconnus aux experts en mission pour l’Organisation des Nations Unies, tels qu’ils sont énoncés dans les sections pertinentes de la Convention sur les privilèges et immunités des Nations Unies.

Article 44 Les dispositions de mise en oeuvre du présent Pacte s’appliquent sans préjudice des procédures instituées en matière de droits de l’homme aux termes ou en vertu des instruments constitutifs et des conventions de l’Organisation des Nations Unies et des institutions spécialisées, et n’empêchent pas les Etats parties de recourir à d’autres procédures pour le règlement d’un différend conformément aux accords internationaux généraux ou spéciaux qui les lient.

Article 45 Le Comité adresse chaque année à l’Assemblée générale des Nations Unies, par l’intermédiaire du Conseil économique et social, un rapport sur ses travaux.

CINQUIEME PARTIE Article 46 Aucune disposition du présent Pacte ne doit être interprétée comme portant atteinte aux dispositions de la Charte des Nations Unies et des constitutions des institutions spécialisées qui définissent les responsabilités respectives

62

rwa buri rwego rw’Umuryango w’Abibumbye n’urw’amashami yawo yihariye ku birebana n’ibibazo bivugwa muri aya Masezerano.

Ingingo ya 47 Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano izafatwa nk’aho ibangamiye uburenganzira kamere abaturage bose bafite bwo gukoresha no kubona umusaruro ku bukungu n’umutungo kamere wabo.

IGICE CYA GATANDATU Ingingo ya 48 1. Gushyira umukono kuri aya Masezerano byemerewe buri gihugu kiri mu Muryango w’Abibumbye cyangwa kiri mu rwego rwihariye urwo ari rwo rwose rw’uwo Muryango cyangwa igihugu cyemeye amategeko ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera hamwe n’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose cyasabwe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kwemera aya Masezerano.

2. Aya Masezerano ashobora kwemezwa, inyandiko ziyemeza burundu zigashyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.

3. Aya Masezerano ashobora kwemerwa n’igihugu cyose kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo.

4. Ukwemeza burundu nyuma aya Masezerano

various organs of the United Nations and of the specialized agencies in regard to the matters dealt with in the present Covenant.

Article 47 Nothing in the present Covenant shall be interpreted as impairing the inherent right of all peoples to enjoy and utilize fully and freely their natural wealth and resources.

PART VI Article 48 1. The present Covenant is open for signature by any State Member of the United Nations or member of any of its specialized agencies, by any State Party to the Statute of the International Court of Justice, and by any other State which has been invited by the General Assembly of the United Nations to become a party to the present Covenant.

2. The present Covenant is subject to ratification. Instruments of ratification shall be deposited with the Secretary-General of the United Nations.

3. The present Covenant shall be open to accession by any State referred to in paragraph 1 of this article.

4. Accession shall be effected by the deposit of

des divers organes de l’Organisation des Nations Unies et des institutions spécialisées en ce qui concerne les questions traitées dans le présent Pacte.

Article 47 Aucune disposition du présent Pacte ne sera interprétée comme portant atteinte au droit inhérent de tous les peuples à profiter et à user pleinement et librement de leur richesses et ressources naturelles.

SIXIEME PARTIE Article 48 1. Le présent Pacte est ouvert à la signature de tout Etat Membre de l’Organisation des Nations Unies ou membre de l’une quelconque de ses institutions spécialisées, de tout Etat partie au Statut de la Cour internationale de Justice, ainsi que de tout autre Etat invité par l’Assemblée générale des Nations Unies à devenir partie au présent Pacte.

2. Le présent Pacte est sujet à ratification et les instruments de ratification seront déposés auprès du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies.

3. Le présent Pacte sera ouvert à l’adhésion de tout Etat visé au paragraphe 1 du présent article.

4. L’adhésion se fera par le dépôt d’un

63

bigaragazwa n’inyandiko ishyikirijwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 5. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano cyangwa byayemeje burundu nyuma, inyandiko yose ashyikirijwe yerekeye kwemeza aya Masezerano burundu.

Ingingo ya 49 1. Aya Masezerano azatangira gukurikizwa nyuma y’amezi atatu uhereye ku itariki Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azagerezwaho inyandiko ya mirongo itatu na gatanu iyemeza burundu cyangwa iyemera. 2. Ku gihugu kizemeza burundu cyangwa kikemera aya Masezerano nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya mirongo itatu na gatanu iyemeza burundu cyangwa iyemera, aya Masezerano atangira gukukizwa ku bireba icyo gihugu nyuma y’amezi atatu icyo gihugu gitanze iyo nyandiko.

Ingingo ya 50 Ingingo zigize aya Masezerano zikurikizwa uko ziri n’intara zibumbiye mu gihugu kimwe, nta kuzigabanya cyangwa kuzirengaho ku buryo ubwo ari bwo bwose.

Ingin go ya 51 1. Buri gihugu cyemeye aya Masezerano gishobora gusaba ko ahindurwa, mu nyandiko ishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.

an instrument of accession with the Secretary- General of the United Nations.

5. The Secretary-General of the United Nations shall inform all States which have signed this Covenant or acceded to it of the deposit of each instrument of ratification or accession.

Article 49 1. The present Covenant shall enter into force three months after the date of the deposit with the Secretary-General of the United Nations of the thirty-fifth instrument of ratification or instrument of accession.

2. For each State ratifying the present Covenant or acceding to it after the deposit of the thirty- fifth instrument of ratification or instrument of accession, the present Covenant shall enter into force three months after the date of the deposit of its own instrument of ratification or instrument of accession.

Article 50 The provisions of the present Covenant shall extend to all parts of federal States without any limitations or exceptions.

Article 51 1. Any State Party to the present Covenant may propose an amendment and file it with the Secretary-General of the United Nations. The Secretary-General of the United Nations

instrument d’adhésion auprès du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies.

5. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies informe tous les Etats qui ont signé le présent Pacte ou qui y ont adhéré du dépôt de chaque instrument de ratification ou d’adhésion.

Article 49 1. Le présent Pacte entrera en vigueur trois mois après la date du dépôt auprès du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies du trente-cinquième instrument de ratification ou d’adhésion.

2. Pour chacun des Etats qui ratifieront le présent Pacte ou y adhéreront après le dépôt du trente-cinquième instrument de ratification ou d’adhésion, ledit Pacte entrera en vigueur trois mois après la date du dépôt par cet Etat de son instrument de ratification ou d’adhésion.

Article 50 Les dispositions du présent Pacte s’appliquent, sans limitation ni exception aucune, à toutes les unités constitutives des Etats fédératifs.

Article 51 1. Tout Etat partie au présent Pacte peut proposer un amendement et en déposer le texte auprès du Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies. Le Secrétaire général transmet

64

Umunyamabanga Mukuru yoherereza imishinga yo guhindura Amasezerano ibihugu byemeye aya Masezerano abisaba kumumenyesha niba bishyigikiye ko atumiza inama y’ibyo bihugu kugira ngo bisuzume iyo mishinga binayitore. Iyo nibura kimwe cya gatatu cy’ibyo bihugu cyemeye ko iyo nama itumizwa, Umunyamabanga Mukuru ayitumiza mu rwego rw’Umuryango w’Abibumbye.

2. Ubugorangingo bwose bwemewe ku bwiganze bw’amajwi y’ibihugu bihari kandi bitora mu nama, bushyikirizwa Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kugira ngo ibwemeze. Ubwo bugorangingo butangira gukurikizwa iyo bwemewe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kandi bwemejwe burundu ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, hakurikijwe amategeko shingiro ya buri gihugu.

3. Iyo ubwo bugorangingo butangiye gukurikizwa buba nshinganwa ku bihugu byose birebwa n’aya Masezerano byabwemeye, ibindi bihugu bisigaye bikomeza kurebwa n’aya Masezerano n’ubugorangingo bwose byemeye mbere.

Ingingo ya 52 Hatitawe ku imenyesha riteganijwe mu gika cya 5 cy’ingingo ya 48, Umunyamabanga Mukuru

shall thereupon communicate any proposed amendments to the States Parties to the present Covenant with a request that they notify him whether they favour a conference of States Parties for the purpose of considering and voting upon the proposals. In the event that at least one third of the States Parties favours such a conference, the Secretary-General shall convene the conference under the auspices of the United Nations. Any amendment adopted by a majority of the States Parties present and voting at the conference shall be submitted to the General Assembly of the United Nations for approval. 2. Amendments shall come into force when they have been approved by the General Assembly of the United Nations and accepted by a two-thirds majority of the States Parties to the present Covenant in accordance with their respective constitutional processes.

3. When amendments come into force, they shall be binding on those States Parties which have accepted them, other States Parties still being bound by the provisions of the present Covenant and any earlier amendment which they have accepted.

Article 52 Irrespective of the notifications made under article 48, paragraph 5, the Secretary-General

alors tous projets d’amendements aux Etats parties au présent Pacte en leur demandant de lui indiquer s’ils désirent voir convoquer une conférence d’Etats parties pour examiner ces projets et les mettre aux voix. Si un tiers au moins des Etats se déclarent en faveur de cette convocation, le Secrétaire général convoque la conférence sous les auspices de l’Organisation des Nations Unies. Tout amendement adopté par la majorité des Etats présents et votants à la conférence est soumis pour approbation à l’Assemblée générale des Nations Unies.

2. Ces amendements entrent en vigueur lorsqu’ils ont été approuvés par l’Assemblée générale des Nations Unies et acceptés, conformément à leurs règles constitutionnelles respectives, par une majorité des deux tiers des Etats parties au présent Pacte.

3. Lorsque ces amendements entrent en vigueur, ils sont obligatoires pour les Etats parties qui les ont acceptés, les autres Etats parties restant liés par les dispositions du présent Pacte et par tout amendement antérieur qu’ils ont accepté.

Article 52 Indépendamment des notifications prévues au paragraphe 5 de l’article 48, le Secrétaire

65

w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ibi bikurikira :

(a) Imikono yashyizwe kuri aya Masezerano n’inyandiko ziyemeza burundu cyangwa ziyemera zatanzwe nk’uko biteganywa n’ingingo ya 48; (b) Itariki aya Masezerano atangiriraho gukurikizwa nk’uko biteganywa n’ingingo ya 49 n’itariki ubugorangingo butangiriraho gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya 51.

Ingingo ya 53 1. Aya Masezerano akozwe mu nyandiko zinganya agaciro mu ndimi z’Icyongereza, Igishinwa, Icyesipanyore, Igifaransa n’Ikirusiya, azashyirwa mu bushyinguranyandiko bw’Umuryango w’Abibumbye.

2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azoherereza ibihugu byose bivugwa mu ngingo ya 48 inyandiko y’aya Masezerano yemejwe ko ihuje n’iy’umwimerere.

of the United Nations shall inform all States referred to in paragraph 1 of the same article of the following particulars:

(a) Signatures, ratifications and accessions under article 48;

(b) The date of the entry into force of the present Covenant under article 49 and the date of the entry into force of any amendments under article 51.

Article 53 1. The present Covenant, of which the Chinese, English, French, Russian and Spanish texts are equally authentic, shall be deposited in the archives of the United Nations.

2. The Secretary-General of the United Nations shall transmit certified copies of the present Covenant to all States referred to in article 48.

général de l’Organisation des Nations Unies informera tous les Etats visés au paragraphe 1 dudit article:

a) Des signatures apposées au présent Pacte et des instruments de ratification et d’adhésion déposés conformément à l’article 48;

b) De la date à laquelle le présent Pacte entrera en vigueur conformément à l’article 49 et de la date à laquelle entreront en vigueur les amendements prévus à l’article 51.

Article 53 1. Le présent Pacte, dont les textes anglais, chinois, espagnol, français et russe font également foi, sera déposé aux archives de l’Organisation des Nations Unies.

2. Le Secrétaire général de l’Organisation des Nations Unies transmettra une copie certifiée conforme du présent Pacte à tous les Etats visés à l’article 48.

66

 You are being directed to the most recent version of the statute which may not be the version considered at the time of the judgment.